Umukobwa ukora mu rugo yasanganywe miliyoni 1,5Frw bikekwa ko yibye
Umukobwa w'imyaka 18 ukora akazi ko mu rugo yasanganywe amafaranga miliyoni 1.5Frw,…
Impuguke ziteraniye i Kigali mu kwiga kuzamura ikoreshwa ry’ingufu z’imirasire y’izuba
Mu nama iteraniye i Kigali mu gihe cy’iminsi ibiri, impuguke zunguranye ibitekerezo…
Leta irishyuzwa miliyari 5Frw y’ingurane z’ibyangijwe mu gukwirakwiza amashanyarazi
Hirya no hino mu gihugu hagenda humvikana inkuru z’abaturage bamaze imyaka itari…
RUSIZI: Inkuba yamutoranyije muri barindwi bari kumwe iba ari we ikubita
Akubibiswe n'inkuba ahita ahasiga ubuzima imutoranyije mu bandi barikumwe mu murima utari…
General wapfuye yahawe inshingano mu gisirikare cya Congo
Ntibisanzwe, muri Congo Kinshasa umusirikare umaze igihe apfuye yahawe inshingano zo kuyobora…
Perezida Kagame yagabiye inka Umuvugizi w’Ingabo z’u Rwanda
Amashusho yashyizwe ku mbuga nkoranyambaga, arimo Umukuru w’Igihugu agabira inka Brig. Gen.…
Shikama wo muri ‘Bannyahe’, urukiko yajuririye rwemeje ko akomeza gufungwa by’agateganyo
Urukiko rwisumbuye rwa Nyarugenge kuri iki gucamunsi rwategetse ko Shikama Jean de…
Perezida Kagame yakiriye umunyamabanga mukuru w’isoko rusange rya Afurika
Perezida wa Repubulika y'u Rwanda Paul Kagame mu biro bye Village Urugwiro…
MINEDUC yatangiye kugenzura ireme ry’uburezi mu mashuri ya Leta
MUHANGA: Minisiteri y'Uburezi binyuze mu bigo biyishamikiyeho, (REB na NESA) batangiye gukora…
Gen Muhoozi yasoje uruzinduko rwe i Kigali – AMAFOTO
Nyuma y’ibihe byiza mu Rwanda, umuhungu wa Perezida Yoweri Museveni, Gen Muhoozi…
Karongi: Akarere kasobanuye impamvu yo guca imyenda ikojeje isoni
Ubuyobozi bw'Akarere ka Karongi bwatangaje ko mu guca imyenda ikojeje isoni no…
RUSIZI: Umugabo yapfiriye mu mwobo w’ubwiherero yacukuraga
Umugabo yagwiriwe n'ibitaka yavuye mu mwobo w'ubwiherero yarimo acukura, biramusiza bajya kumutabara…
Museveni yabujije umuhungu we gukoresha twitter avuga kuri Leta
Perezida wa Uganda, Yoweri Kaguta Museveni, yabujije umuhungu we uri kugirira ibihe…
Nyanza: Umukecuru yasanzwe iwe yapfuye
Mu Murenge wa Busoro, Akagari ka Masangano, Umudugudu wa Runyonza, mu Karere…
Abadepite banze ko abakobwa b’imyaka 15 bemererwa kuboneza urubyaro
Inteko rusange y’Abadepite yanze gutora ishingiro ry’umushinga w’itegeko ryerekeye kwemerere abangavu bagejeje…