Amakuru aheruka

Abanyarwanda basabwe kwitondera uducurama

Minisitiri w’Ubuzima, Dr Nsanzimana Sabin yasabye Abanyarwanda kwitwararika uducurama nyuma yaho bigaragaye

Muhanga: REG yasobanuye impamvu yatumye abaturage bamburwa ‘Transfo’

Umuyobozi w'Ishami ry'Ikigo gishinzwe ingufu  (REG) mu Karere ka Muhanga, Mukaseti Rosine,

RDC: Imirwano hagati ya M23 na FARDC ikomeje guca ibintu

Imirwano hagati y’umutwe wa M23 n’uruhande rwa leta yakomeje ku wa gatandatu

Rusizi: Imbangukiragutabara yari itwaye umugore utwite yakoze impanuka

Imbangukiragutabara y’Ikigo Nderabuzima cya Nyabitimbo, mu Murenge wa Butare, Akarere ka Rusizi,

Ubuhamya bw’uko Dr Nizeyimana Françoise yakize Marburg

Dr  Nizeyimana Françoise  ni umuganga wita ku ndembe kuri bimwe mu Bitaro

Mu Rwanda hagiye guterwa ibiti Miliyoni 65  

Minisiteri y’Ibidukikije yatangaje ko muri uyu mwaka hagiye guterwa ibiti miliyoni 65

Abafite ibigo basabwe gushyira imbere ubuzima n’umutekano by’umukozi  kuruta inyungu

Abafite ibigo bitandukanye basabwe guharanira gusigasira ubuzima n’umutekano by’umukozi kuruta gushyira  inyungu

Abanyarwanda basabwe kubyaza umusaruro ubutaka babashe kwihaza mu biribwa

Minisiteri y’Ubuhinzi n’Ubworozi, yasabye Abanyawanda kugerageza kubyaza umusaruro ubutaka buhari kugira ngo

Musanze: Abiyitaga ‘ Ibikomerezwa’ bagasiragiza abaturage mu nkiko bahagurukiwe

Ubuyobozi bw’Akarere ka Musanze bwatangaje ko bwahagurukiye  abitwaza ko bafite imirimo ikomeye

Dr Ngirente yasabye abarangije muri Kaminuza y’u Rwanda  kwirinda kwiyandarika

Minisitiri w’Intebe, Dr Ngirente Edouard, yasabye abasoje amasomo muri Kaminuza y'u Rwanda

Muhanga: Abadepite babwiwe ko hari ibishanga 10 bikeneye gutunganywa

Ubuyobozi bw'Akarere ka Muhanga n'abahinzi babwiye  Abadepite mu Nteko Ishingamategeko ko hari

Perezida Kagame yahawe igihembo cy’Umunyafurika w’Umwaka

Perezida wa Repubulika, Paul Kagame , yahawe igihembo nk’Umunyafurika w’Umwaka (African of

Tshisekedi  yaciye amarenga ko ashaka guhindura Itegeko Nshinga

Perezida wa Repubulika ya Demokarasi ya Congo Félix Tshisekedi yavuze ko itegekonshinga

Ruhango: Urukiko rwarekuye umuyobozi n’umugore we baregwaga ruswa

Urukiko rw'Ibanze rwa Ruhango rwafashe icyemezo cyo kurekura by'agateganyo Emmanuel Byiringiro wari

Rusizi: Imvura ivanze n’umuyaga byasenye ibyumba bibiri  by’ishuri

Umuyaga mwinshi uvanze n'imvura byasakambuye ibyumba bibiri by'ishuri rya GS Kibangira  ryo