Amakuru aheruka

‘Never Again’ ntikwiye kuba imvugo gusa– Jeannette Kagame

Madamu Jeannette Kagame yavuze ko imvugo ya ‘Never Again’ ivuga ko Jenoside itazongera kubaho ukundi idakwiye kuba isanzwe ahubwo ikwiye gufatwa…

Miliyari zisaga 6 Frw zigiye gushorwa mu ikorwa ry’umuhanda Cyakabiri-Nyabikenke

Ubuyobozi bw’Akarere ka Muhanga buvuga ko imirimo yo gukora umuhanda uva mu Cyakabiri ukagera ku Bitaro bya Nyabikenke uzatwara Miliyari…

U Rwanda rwashimiye ibihugu byifatanyije na rwo Kwibuka Jenoside yakorewe Abatutsi

Minisitiri w’Ububanyi n’Amahanga w’u Rwanda, Amb. Olivier Nduhungirehe yagaragaje ko u Rwanda rushimira ibihugu biri kumwe na rwo mu bikorwa…

PL yasabye Abanyarwanda kuzirikana ubutwari bw’Inkotanyi zahagaritse Jenoside

Ishyaka Riharanira Ukwishyira Ukizana kwa buri Muntu/PL ryasabye abayoboke baryo n’Abanyarwanda bose gukomeza kuzirikana ubutwari bw’ingabo zari iza RPF Inkotanyi…

Iran na America byemeje guhagarika intambara by’igihe gito

Isi igiye kumara iminsi ihumeka nyuma y'iminsi 40 y'akangaratete yashyizwemo n'ibitero bya Leta zunze ubumwe za America na Israel kuri…

Abafasha ababaswe n’ibiyobyabwenge muri EAC bahuguriwe i Kigali

Umuryango Mpuzamahanga wa Teen Challenge, urwana urugamba rwo gufasha no guhindura ababaye imbata zo gukoresha ibiyobyabwenge, wongereye ubumenyi abawuhagarariye mu…

- Advertisement -
Ad image