Amakuru aheruka

Perezida Kagame ari muri Senegal yitabiriye itahwa rya Stade nshya

Perezida Paul Kagame yageze muri Senegal, aho yakiriwe na mugenzi we Macky

Perezida Kagame yababajwe n’urupfu rw’uwashinze Partners In Health waguye mu Rwanda

Mu butumwa bwe ku muryango wa nyakwigendera, Dr. Paul Farmer washinze Partners

APR FC na Rayon Sports zatsinze mbere y’umukino uzazihuza muri iki Cyumweru

Kuri uyu wa mbere ikipe zihora zihanganye APR FC na Rayon Sports

Urubyiruko rwo mu mashuri rwahize kuba bandebereho mu kuvuga neza  Ikinyarwanda

Urubyiruko rwo mu mashuri atandukanye yo mu Rwanda rwiyemeje ko rugiye gusigasira

Gisimenti: Hari umuhanda uzajya ukumirwamo imodoka muri Weekend wakirirwemo abica akanyota

Ubuyobozi bw’Umujyi wa Kigali bwatangaje ko umuhanda umwe uri ku Gisimenti mu

Impaka zishyushye mu Rukiko ku kuba Cyuma Hassan ari Umunyamakuru cyangwa atari we

*Cyuma ati "Igihano cy'Urukiko Rukuru kigumyeho byaba ari ukuniga ubwisanzure bw'itangazamakuru" *Yavuze

AMAFOTO: Perezida w’u Burundi yagiye gusarura ibirayi ataha abyikoreye

Ni gake Umukuru w’Igihugu agaragara ari kumwe na rubanda rwa giseseka bakunkumura

Izindi ndimi tuzige ariko tumenye ko umwana w’Umunyarwanda adatandukana n’Ikinyarwanda- Bamporiki

Umunyamabanga wa Leta muri Minisiteri y’Urubyiruko n’Umuco, Hon. Edouard Bamporiki yasabye abarezi

TourDuRwanda 2022: Sandy Dujardin ni we utwaye Etape ya Kigali- Rwamagana

UPDATES: 12h59 Sandy Dujardin wa Total Energie ni we wegukanye agace ka

Musanze: Bakomeje gushakisha imirambo y’abagore babiri barohamye muri Ruhondo

Abagore babiri bo mu Murenge wa Gashaki mu Karere ka Musanze barohamye

Amb. Masozera yanenze abantu “bagira ubunebwe bwo kuvuga Ikinyarwanda”

Kuri uyu wa Mbere nibwo isi n'u Rwanda byizihije Umunsi Mpuzamahanga w'Ururimi

Perezida wa Turukiya ari mu ruzinduko rw’akazi muri Africa yahereye i Kinshasa

Ku Cyumweru nibwo Perezida Recep Tayyip Erdoğan yageze i Kinshasa ndetse agirana

Ikipe ya Bandari FC yirukanye umutoza Casa Mbungo André

Nyuma y’amezi 13, Casa Mbungo André wari umutoza mukuru wa  Bandari FC

Kamonyi: Abaturage bafashije Polisi gufata moto yambuwe umumotari

Abapolisi bo mu ishami rishinzwe kurwanya ubujura (Crack down) kuwa Gatanu tariki

Kiyovu SC iraye ku mwanya wa mbere nyuma yo gutsinda Police FC

Umukino w’umunsi wa 18, wa shampiyona wabereye kuri Sitade ya Kigali i