Amakuru aheruka

FERWAFA yasabye amakipe ibidashoboka, bamwe basaba ko Shampiyona ihagarara

Ishyirahamwe ry’Umupira w’Amaguru mu Rwanda (FERWAFA) ryakoranye inama n’abayobozi b’amakipe ribasaba ko

Ruhango: Rutagengwa yamaganye ibyo gutwika imodoka ya Gitifu

Rutagengwa Alexis uvugwaho gutwika imodoka y’Umunyamabanga Nshingwabikorwa w’Umurenge wa Ruhango, Nemeyimana Jean

Indoro ya Kwizera Olivier areba Dj Sonia n’amagambo yamubwiye biraca amarenga y’urukundo

Umunyezamu w’Ikipe y’Igihugu Amavubi Kwizera Olivier yifashishije indirimbo Let me Know ya

Fireman yasezeranye mu mategeko n’umukunzi we Charlotte

Umuraperi Fireman nyuma y’umwaka yambitse umukunzi we Kabera Charlotte impeta y’urudashira amusaba

Gicumbi: Abakorera mu isoko rya Byumba barashyira mu majwi ababacungira umutekano kubiba

Abacururiza mu isoko rya Byumba mu Karere ka Gicumbi biganjemo abacuruza inkweto

Ruhango: Umuturage yatwitse imodoka ya Gitifu yihimura ko yamusenyeye inzu

Umuturage wo mu Kagari ka Nyamagana mu Murenge wa Ruhango mu Karere

Tanzania yagiranye amasezerano na Sosiyete yo muri Turukiya izubaka umuhanda wa gari ya moshi

Guverinoma ya Tanzania yashyize umukono ku masezerano na kompanyi yo muri Turikiya

Mico The Best na Clarisse bibarutse imfura yabo y’umuhungu

Abinyujije ku mbuga nkoranyambaga, umuhanzi mu njyana ya Afro Beat mu Rwanda

Papa Cyangwe yasohoye EP yise “Sitaki”, atera utwatsi ibyo gusubirana na Rocky

Umuhanzi Abijuru King Lewis umaze kubaka izina mu ruhando rwa muzika nyarwanda

The Ben na Diamond bashyize hanze amashusho y’indirimbo yabo shya bise Why

Nyuma y’iminsi ibiri basohoye indirimbo ‘Why’ mu buryo bw’amajwi, The Ben na

Ubwato bwa Gisirikare burambutsa abaturage 80 bo muri Gakenke baraye muri Muhanga

UPDATE: Ubwato bwo kwambutsa abaturage bo muri Gakenke baraye mu Karere ka

Abanyarwanda Niger idashaka ku butaka bwayo bongereweho iminsi 30 yo kuhaba

Leta ya Niger yabaye ihagaritse kwirukana Abanyarwanda umunani bahimuriwe bakuwe muri Tanzania,

Perezida wa Mozambique n’umugore we banduye COVID-19

Perezida Filipe Nyusi wa Mozambique ndetse n’umugore we Isaura Nyusi bapimwemo icyorezo

Nyamagabe: Urubyiruko 20 rwo mu miryango ikennye rwahawe ibikoresho bijyanye n’imyuga rwize

Uru rubyiruko ruvuga ko iwabo mu miryango nta cyizere cy’ubuzima bari bafite,

FERWAFA n’abayobozi b’amakipe baraganira ku isubukura rya Shampiyona

Ishyirahamwe ry’Umupira w’Amaguru mu Rwanda ‘FERWAFA’  ryatumije abayobozi b’amakipe mu nama igomba