Amakuru aheruka

Abanyarwanda bahawe amahirwe yo kwitabira Zikomo Africa Awards yo muri Zambia

Ibihembo bya Zikomo Africa Awards bitangirwa i Lusaka muri Zambia byitabirwa n'abantu

Ni mwiza uvuye mu beza, Abanyarwandakazi ni beza kandi… – Min Bamporiki abwira Miss Ingabire

Umunyamabanga wa Leta muri Minisiteri y’Urubyiruko n’Umuco, Hon Bamporiki Edouard yahaye ubutumwa

Ihagarikwa rya Stade Umuganda rikomeje guteza impaka hagati ya FERWAFA n’amakipe y’i Rubavu

Ishyirahamwe ry’umupira w’amaguru mu Rwanda FERWAFA ryamenyesheje amakipe ya Rutsiro FC, Etincelles

FERWAFA yasubije APR FC ko umukino wayo na Rayon Sports utazasubikwa

Ikipe ya APR FC yakiriye ibaruwa iyisaba kwitegura imikino ifite harimo n'uwa

Impaka za KNC na CP Kabera kuri camera n’ibyapa zabaye ‘hit’ ku mbuga nkoranyambaga

Hirya no hino mu gihugu cyane cyane mu Mujyi wa Kigali abatwara

Gatsibo: Abagabo babiri barakekwaho kwiba imiti y’amatungo ifite agaciro ka miliyoni 1.5frw

Polisi y’Igihugu ikorera mu Karere ka Gatsibo yafashe abagabo babiri bakekwaho kwiba

Jeannette Kagame yagaragaje intambwe u Rwanda rwateye mu kurandura kanseri y’inkondo y’umura

Madamu wa Perezida wa Repubulika y’u Rwanda Jeannete Kagame  yagaragaje ko u

Uganda yongeye kwirukana abandi banyarwanda 43 bari bafungiyeyo

Nyuma y’igihe abanyarwanda 43 barimo abana bafungiye muri gereza zitandukanye mu gihugu

“Umurundi” yafatiwe Kisoro yerekeza Kampala ahetse imbunda 2

Inzego zishinzwe umutekano mu Karere ka Kisoro muri Uganda zataye muri yombi

Abagore 3 bakurikiranyweho guseka no kuvuga amagambo yakojeje isoni abanyamahanga

Ku gicamunsi cyo kuri uyu wa Gatatu tariki ya 17 Ugushyingo Polisi

Muhanga:Urubyiruko rwashyikirijwe miliyoni 50 y’u Rwanda mu kurengera ibidukikije

Urubyiruko rwibumbiye mu makoperative 15 ashinzwe kubungabunga icyogogo cy'umugezi wa Nyabarongo, rwahawe

Sam Karenzi wasezeye muri Bugesera Fc yatangaje ko atari ku “Isoko ry’akazi” mu makipe avugwamo

Umunyamabanga Mukuru wa Bugesera FC akaba n’umunyamakuru w’imikino mu Rwanda, Sam Karenzi

Ubushinjacyaha bwasabiye Hakuzimana Rashid gufungwa iminsi 30 y’agateganyo, uko iburanisha ryagenze

*Ubushinjacyaha buvuga ko aribwo buryo bwiza bwahagarika ibiganiro atambutsa kuri Youtube bikurura

Platini P na Producer Element berekeje muri Nigeria

Umuhanzi Nemeye Platini yerekeje muri Nigeria mu bihembo bya Afrima, akaba yagiye

Gisozi: Bamaze imyaka itatu basaba guhabwa ingurane nyuma yo gusenyerwa inzu

Bamwe mu bari batuye mu Murenge wa Gisozi,Akagari ka Musezero mu Mudugudu