Amakuru aheruka

Guhakana no gupfobya Jenoside iyo bikozwe n’uwayirokotse biraremera – Ndayisaba

Muhanga - Mu muhango wo gutangiza ibikorwa by'ubumwe n'ubwiyunge ku rwego rw'Akarere,

Menya ibintu by’ingenzi bishobora gutera ihindagurika ry’ukwezi k’umugore

Ubusanzwe hari ibyiciro bibiri mu bijyanye n'ukwezi kw'abagore. Hari abagira itariki bagiraho

Munyenyezi yongeye kwitaba Urukiko asaba kuziregura mu Cyongereza “kuko Ikinyarwanda kimugora”

Munyenyezi Beatrice yongeye kwitaba Urukiko yumvikana arusaba ko rwazamufasha rukamwemerera kwiregura kuri

Bugesera: Njyanama na Nyobozi bavuye mu biro bajya kureba uko abanyeshuri birinda Covid-19

Abagize Inama Njyanama y'Akarere ka Bugesera n'abafatanyabikorwa bako batangiye gukora ubukangurambaga mu

Cricket: U Rwanda rwatsinzwe umukino wa kabiri mu irushanwa ryo kwibuka

Ikipe y'igihugu y'u Rwanda y'abagore mu mukino wa Cricket yatsinzwe na Namibia

Col Goïta wahiritse ubutegetsi inshuri 2 yarahiriye kuba Perezida wa Mali

Col Assimi Goïta wahiritse ku butegetsi uwari Perezida wa Mali, Ibrahim Boubakar

Amavubi yitegura gukina amajonjora y’Igikombe cy’Isi anyagiye Centrafrica 5-0

Umukino wa gicuti wa kabiri u Rwanda rutsinze ikipe ya Central African

Impinduka mu bakinnyi b’Amavubi bagiye gukina na CAR mu wa gicuti

Umutoza w'ikipe y'u Rwanda (Amavubi), Mashami Vincent atangaje urutonde rw'abakinnyi 11 babanzamo

Nyabihu: Ibyo gukomereka kwa Mwarimu watewe ibuye mu mutwe n’Abanyeshuri basinze

Abanyeshuri bo ku Ishuri  rya  GS. REGA Catholique ryo mu Karere ka

Uwavuze ko napfuye niba yishakira amaramuko nagende aramuke sinakwirirwa mukurikirana – Israel Mbonyi

*Mbonyi ati "Ndacyariho, bazindutse banyica,..." Mu Kiganiro kihariye umuhanzi Israel Mbonyi yahaye

Nyamagabe: Imirire mibi yavuye kuri 51,8 % ubu igeze kuri 36,5%

Ubuyobozi bw'Akarere ka Nyamagabe buvuga ko mu myaka 5 ishize, ikibazo cy'imirire

Rusizi: Abacuruzi 150 bajyiye gukorera muri  DR. Congo, Akarere gashinjwa kubigiramo uruhare

Abacuruzi banyuranye bakorera ku mupaka wa Rusizi I,  bavuze ko Akarere kabashyizeho

Abanyarwanda baributswa ko gukoresha ibiti by’imishoro bihanwa n’amategeko – Min. Mujawamariya

Gutema amashyamba  n’imwe mu nkomoko y'ibiza byinshi byibasira isi,  birimo amapfa, inkangu,

Kigali: Baratabaza kubera urugomo rw’abana banywera TINERI i Nyabisindu na Nyagatovu

I Nyabisindu mu Mujyi wa Kigali hadutse udutsiko tw’abana badukanye kunywa ikiyobyabwenge

Nyagatare: Abagore bakora ubucuruzi ntibasobanukiwe iby’ikigega kizahura abagizweho ingaruka na Covid-19

Abagore bakora ubucuruzi butandukanye mu Karere ka Nyagatare bavuga ko batarasobanukirwa byimbitse