Imikino

Umutoza Haringingo yavuze ko Okwi na Mutyaba nta kibazo cy’amafaranga bafitanye na Kiyovu SC

Umutoza wa Kiyovu Sports, Haringingo Francis yemeza ko abakinnyi babiri bakomoka muri

APR FC yagarukiye ku muryango mu matsinda ya CAF Confederation Cup isezerewe na RS Berkane

Igitego kimwe rukumbi cya Byiringiro Lague ntikibashije kugeza APR FC mu matsinda

Kiyovu Sports yihanangirije Rayon Sports iyitsinda ku nshuro ya kabiri

Kuri iki Cyumweru mu mukino w’ishiraniro w’abakeba uhuza Rayon Sports na Kiyovu

Umutoza yishimiye igitego cyabonetse ku munota wa nyuma arapfa

Kuri uyu wa kane, Umutoza w’ikipe ya El Magd mu cyiciro cya

APR FC yerekeje muri Maroc n’indege yihariye

APR FC yahagurutse mu Rwanda yerekeza muri Maroc gukina umukino wo kwishyura

Abafana ba Rayon Sports bavugwaho gutobora amapine y’imodoka y’umutoza “ntibishimye”

Radio Flash yatangaje ko abafana ba Rayon Sports batishimiye umusaruro w'umutoza Masudi

Cristiano Ronaldo yanditse amateka mashya, yujuje ibitego 800

Kizigenza akaba ikirangirire muri ruhago, Cristiano Ronaldo nyuma yo gutsinda ibitego bibiri

Komisiyo y’imisifurire muri FERWAFA yahagaritse abasifuzi bane

Inama ya Komisiyo y’imisifurire ya FERWAFA yateranye ku wa kabiri tariki ya

AMAFOTO: Jimmy Mulisa yatangije umushinga wo gukura abana ku muhanda akabagira abakinnyi

Biciye muri Umuri Foundation yashinzwe n’umutoza wungirije muri AS Kigali FC, Jimmy

Rayon Sports yanganyije na Espoir FC, Etoile de l’Est yabonye amanota 3 kuri Gasogi United

Mu mukino w’umunsi wa Gatandatu wa Shampiyona, Ikipe ya Rayon Sports yari

Hatangajwe inzira nshya n’amakipe azitabira Tour du Rwanda 2022

Tour du Rwanda 2022 iteganyijwe hagati ya tariki 20-27 Gashyantare, izitabirwa n’amakipe

Ku busabe bwa CAF, APR FC yemerewe kujya muri Maroc

Ku busabe bwa CAF, APR FC yemerewe kujya muri Maroc Nyuma y’uko

Kwizera Olivier agarutse mu izamu rya Rayon Sports yamaze gusinya

Rayon Sports yasinyishije umunyezamu Kwizera Oliver wari umaze igihe nta Kipe afite,

Sadate Munyakazi wayoboye Rayon Sports mu bihe bigoye yagenewe impano

Munyakazi Sadate wabaye Perezida wa Rayon Sports, yagaragaje ibyishimo bisendereye yatewe n’impano

Lionel Messi yegukanye Ballon d’Or yo mu mwaka w’imikino 2021

Lionel Messi yegukanye Ballon d’Or ya karindwi mu mateka ye, ahigitse abo