Inkuru Nyamukuru

U Rwanda na Ethiopie basinyanye amasezerano akomeye

U Rwanda na Ethiopie basinyanye amasezerano y'ubufatanye mu nzego eshanu zirimo ubufatanye

Urubyiruko rwasabwe guca ukubiri n’isoni zo kugura agakingirizo

Urugaga rw’Imiryango itari iya Leta ishinzwe kurwanya SIDA, guteza imbere ubuzima no

Nyanza: Inzu y’umuturage yahiye irakongoka

Inzu y'umuturage yahiye n'ibyarimo birakongoka kuburyo bimusaba gucumbika bikekwa ko byatewe n'umuriro

Ndayishimiye yagiye kuganira na Tshisekedi

Varisito Ndayishimiye, Perezida w'u Burundi yagiye muri Repubulika ya Demokarasi ya Congo

Abasifuzi batatu mpuzamahanga bari mu bazasifura 1/4 cy’Igikombe cy’Amahoro

Ishyirahamwe ry’Umupira w’Amaguru mu Rwanda, Ferwafa, ryasohoye urutonde rw’abasifuzi bazayobora imikino ya

Kigali: Umukire arashinjwa gusenyera abaturage

Bamwe mu baturage batuye mu Mudugudu wa Kamenge bavuga babangamiwe n'Inyubako z'uwitwa

FERWAFA yafatiye ibihano Hértier Luvumbu Nzinga

Ishyirahamwe ry’Umupira w’Amaguru mu Rwanda, Ferwafa, ryemeje ko ryahagaritse Hértier Luvumbu Nzinga

Gisozi: Ubuyobozi bwatangiye gusenya isoko ryubakiwe abazunguzayi

Bamwe mu bari basanzwe bakora ubuzunguzayi ariko bakaza kubakirwa isoko mu Murenge

Muhanga: Uruhinja rwahiriye mu nzu

Ababyeyi b'umwana  w'umuhungu  wari ufite umwaka umwe n'amazi umunai witwaga Munezero Bruno 

Ruhango: Babiri bakurikiranyweho kwica umukecuru

Urwego rw'Ubugenzacyaha ruvuga ko rwataye muri yombi abagabo babiri bakekwaho kwica Umubyeyi

Perezida Suluhu na Papa baganiriye ku bibera muri Congo

Umushumba Mukuru wa Kiliziya Gatolika ku Isi, Papa Francis na Perezida wa

Inzobere ziri kwiga ku guhuza amabwiriza y’ubuziranenge muri Afurika

Iyo havuzwe amabwiriza y'ubuziranenge ni kenshi humvikana abagaragaza ko mu bihugu bya

Rwamagana: Umusore yaguye mu cyuzi aburirwa irengero

Umusore witwa Kuramba Desiré w’imyaka 18, Ku wa Mbere tariki 12 Gashyantare

Afurika y’Epfo yohereje abasirikare 2900 muri Congo

Ku itegeko rya Perezida Cyril Ramaphosa igisirikare cya Afurika y'Epfo cyohereje abasirikare

DASSO zateye ibiti 1000 ku musozi wa Mukungwa

Musanze: Urwego rwunganira Akarere mu mutekano, DASSO rwateye ibiti 1000 bifata ubutaka,