Inkuru Nyamukuru

Zabyaye amahari mu ba Legends b’u Rwanda

Abakinnye umupira w'amaguru mu Rwanda bafatwa nk'abafite icyo kwibukirwaho , ntibumvikana ku

U Rwanda rubashije kunganya na Benin, Ntwali Fiacre umukino wari uwe

UPDATE: Ikipe y'igihugu Amavubi ibashije kunganya na Benin 1-1. Byaje guhinduka ku

Urukiko rwarekuye by’agateganyo Tuyizere Thaddée wayoboye Kamonyi

Urukiko rw'ibanze rwa Gacurabwenge rwarekuye  Tuyizere Thaddée wayoboye Akarere ka Kamonyi n'abagenzi

U Rwanda na Bénin bikomeje gukina ubute

Nyuma y'uko igihugu cya Bénin cyandikiye Impuzamashyirahamwe ku Mugabane wa Afurika, CAF,

Perezida Tshisekedi ntashyigikiye amasezerano Ubwongereza bwagiranye n’u Rwanda

Mu kiganiro Perezida wa Congo Kinshasa, Felix Antoine Tshisekedi yagiranye n’ikinyamakuru The

Huye: Hasobanuwe igihe umuguzi asubiza ibyo yaguze mu iduka agahabwa amafaranga ye

Abafite mu nshingano kurengera uburenganzira bw'umuguzi basobanuye igihe umuguzi afite uburenganzira bwo

EAPCCO: Polisi y’u Rwanda yatsinze umukino wa mbere [AMAFOTO]

Mu mikino ifungura irushanwa rihuza Igipolisi cyo muri Afurika y'i Burasirazuba, u

Kamonyi: Urugendo rw’isanamitima rumaze gufasha abarenga 5000

Umuryango utari uwa Leta, Ubuntu Center for Peace uvuga ko umaze gufasha

Rusizi: Umugabo arashakishwa akekwaho kwica umugore bamaranye imyaka 11

Inzego z'umutekano n'ubuyobozi bo mu karere ka Rusizi barashakisha umugabo ukekwaho kwica

Nyagatare: Kutubakisha rukarakara byatumye hari ibibanza biba indiri y’ibisambo

Mu Karere ka Nyagatare by’umwihariko mu Mujyi wa Nyagatare, abaturage barinubira kubuzwa

Ibyagiye hanze ku ruzinduko rwa Perezida Kagame muri Qatar

Perezida Kagame ari i Doha muri Qatar, yagiranye ibiganiro na Emir wa

Impanuka mu Kiyaga cya Kivu yaguyemo uruhinja, umugabo aburirwa irengero

Impanuka y'ubwato bwari butwaye abantu batandatu, yaguyemo umwana w'umwaka n'igice, umugabo  w'imyaka 

Mu ruhame umuzamu warindaga ISAR Rubona yashinje Dr. Rutunga Venant

Umutangabuhamya wo ku ruhande rushinja wari umuzamu mu kigo cya ISAR Rubona,

Muhanga: Abahinzi batashye iteme ryari ryarasenyutse ryongeye gusanwa

Abahinzi bibumbiye muri Koperative Abateraninkunga ba Sholi, batashye iteme ryari ryarasenyutse rigatuma

Nyamagabe: Umunyeshuri wa IPRC Kitabi yagonzwe n’imodoka

Umusore wigaga muri IPRC Kitabi yagonzwe n'imodoka ari kumwe n'abandi batatu, imodoka