Inkuru Nyamukuru

UPDATED: Perezida Kagame yakiriye mu biro bye “umuhungu wa Perezida Museveni”

UPDATE: Ibiro by'Umukuru w'Igihugu byatangaje ko kuri iki gicamunsi cyo ku wa

Perezida Nyusi yasuye Ingabo z’u Rwanda n’iza Mozambique zikomeje guhashya ibyihebe i Cabo Delgado

Perezida wa Mozambique, Filip Nyusi kuri uyu wa Gatanu tariki ya 21

Rusizi: Umujura yahawe isomo abari bahari barumirwa, ibyo yibye yabizanye asaba imbabazi

*Uyu mugabo ngo afite ububasha bwo gufatanya umugore n'umugabo bagiye gusambana baciye

Uruzinduko rw’amateka, Gen Kainerugaba umwana ugiye guhuza ababyeyi barebanaga ay’ingwe

Birasa n’ibidasanzwe, ubushize yavuze ko uzarwanya Perezida Kagame “azaba arwanya umuryango wanjye”,

Ntabwo umutekano w’u Rwanda ugira ikiguzi –Alain Mukurarinda

Umuvugizi Wungirije wa Guverinoma y’uRwanda, Mukurarinda Alain, yatangaje ko kuba umubano wa

Urubanza rw’inyereza rya miliyari rw’abahoze ari Abayobozi muri Minisiteri rwaburanishijwe mu bujurire

Rwamuganza Caleb wari Umunyamabanga Uhoraho muri Ministeri y'Imari n'Igenamigambi yahamwe n'ibyaha aregwa

Basabye ko inyandiko za Musenyeri Kagame ziyongera ku rutonde rw’amasomo mu mashuri

MUHANGA/KABGAYI: Ubwo hizihizwaga umunsi mpuzamahanga wa Philosophie, Umuyobozi w'Inama y'abepiskopi Gatolika  mu

Urukiko rwategetse ko umunyemari Mudenge afungwa by’agateganyo, hari hashize igihe gito afunguwe

Kuri uyu wa Gatanu Urukiko rw’Ibanze rwa Nyarugenge rwanzuye ko hari impamvu

Abamotari barataka kunyunyuzwa imitsi, Ni iki RCA ivuga ku cyo bita akarengane bakorerwa?

Akazi ko gutwara kuri moto ni kamwe mu kazi gafatiye runini umunyarwanda

Ndayisenga amaze imyaka 2 aretse ubumotari ashyira imbaraga mu kurwanya COVID-19

Ndayisenga Albert wo mu Murenge wa Kimisagara mu Karere ka Nyarugenge,  mu 

Gisagara: Imvura ivanze n’inkuba yahitanye ubuzima bw’umubyeyi utwite

Imvura ivanze n’inkuba n’urubura yaguye ku mugoroba wo kuri uyu wa Kane

Gicumbi: Abantu 2 bakurikiranwaho icyaha cyo kugurisha abantu

Abantu babiri bari batuye mu Mudugudu wa Gatoma mu Kagari ka Kaniga

Huye: Abaturiye Arboretum barataka ko konerwa n’inkende 

Abaturage bafite imirima hafi y’ishyamba rya Kaminuza y’u Rwanda rya Arboretum bo

Umunyamahanga ukorera mu Rwanda yakatiwe gufungwa imyaka itanu

Umugabo witwa Jin Joseph ukomoka muri Korea akaba yaregwaga icyaha cyo Gukoresha

Wenceslas woherejwe na Denmark ntiyaburanye, Minisiteri y’Ubutabera ntirakora ibyo yasabwe

Urugereko rwihariye rushinzwe kuburanisha ibyaha mpuzamahanga n'ibyambukiranya imipaka ruri i Nyanza mu