Ruhango: Basabwe gucukura ibyobo by’amapoto bategereza amashanyarazi baraheba
Bamwe mu baturage bo mu Mudugudu wa Kalima n'uwa Duwani(Douane) mu Kagari…
Rwanda: 11.2% bafite indwara y’umuvuduko w’amaraso ukabije
Minisiteri y’Ubuzima itangaza ko indwara y’umuvuduko w’amaraso ari imwe mu zikomeje guhangayikisha…
Ese koko ikibazo Masita gikwiye kubazwa Muhire wenyine?
Mu nteko rusange iherutse guhuza abanyamurango b'Ishyirahamwe Nyarwanda ry'Umupira w'Amaguru, Ferwafa, perezida…
Mageragere: Basabwe ubufatanye mu gukumira ihohoterwa
Abafite aho bahuriye n'umutekano w'abaturage mu Murenge wa Mageragere mu Karere ka…
Abikorera muri Muhanga bavuye muri Mituweli ngo ”ntitanga serivisi bifuza”
Abagize Urugaga rw'abikorera mu Karere ka Muhanga biyemeje kujya mu bwishingizi bufite…
Imyigaragambyo yo kwamagana MONUSCO imaze kugwamo abantu 15 – Officiel
Umuvugizi wa Leta ya Congo, Patrick Muyaya yavuze ko mu bikorwa by'imyigaragambyo…
Igitero ku birindiro bya MONUSCO cyaguyemo umusirikare n’abapolisi 2 ba UN
Ingabo z'umuryango w'Abibumbye zishinzwe kugarura amahoro mu burasirazuba bwa Congo, MONUSCO zasohoye…
Igisubizo cy’Ubuyobozi ku nkongi iherutse kwibasira ishyamba rya Leta i Nyanza
Mu Murenge wa Nyagisozi, mu Kagari ka Kabunga, mu Mudugudu wa Mweya,…
Uburusiya bwadufashije kwirukana Abakoloni, nta we uzadusaba kubwamagana – Museveni
Minisitiri w’Ububanyi n’Amahanga w’Uburusiya, Sergey Lavrov akomeje urugendo rwe muri Africa, nyuma…
I Goma, imyigaragambyo yo kwamagana ingabo za MONUSCO imaze kugwamo 5
UPDATE: Patrick Muyaya Umuvugizi wa Leta ya Congo yavuze ko imyigaragambyo ikomeje…
Ubuyapani bwanyonze umugabo w’imyaka 39
Tomohiro Kato yanyonzwe nyuma yo guhamwa n’ibyaha byo kwica abantu mu kivunga,…
Police FC yinjije batatu, yongerera amasezerano babiri
N'ubwo kugeza ubu ntacyo ubuyobozi bw'iyi kipe y'Igipolisi buratangaza ku bakinnyi bashya,…
Uko byagendekeye Umugore wabyawe n’Umubiligi akamuhisha Nyina w’Umunyarwandakazi na n’ubu
Umugore ufite umubyeyi umwe w’Umubiligi n’undi w’Umunyarwandakazi yitabaje Ijwi ry’Amerika ngo amenye…
Louise Mushikiwabo arashaka manda ya kabiri, ati “mfite ubushake”
Umunyarwandakazi, Mme Louise Mushikiwabo uyoboye Umuryango w'ibihugu bivuga Igifaransa, (OIF), yatangaje ku…
Muhanga: Abakozi 44 bahinduriwe ifasi abari mu Mujyi bajyanwa mu cyaro
Ubuyobozi bw'Akarere ka Muhanga bwahinduriye ifasi abakozi 44 bo ku rwego rw'Imirenge…