Inkuru Nyamukuru

Byabagamba muri iki Cyumweru azaburana ubujurire ku cyaha yahamijwe cy’Ubujura

Nyarugenge: Ku gicamunsi cyo ku wa Kane Umucamanza wo ku Rukiko Rwisumbuye

Gicumbi: Yasabye abagore yapfakaje muri Jenoside kumuha frw 5000…Akekwaho ingengabitekerezo

Umugabo w’imyaka 52  witwa Nzabumunyurwa Clement akurikiranyweho ingengabitekerezo ya Jenoside nyuma yo

Tshisekedi na Edgar Lungu biyemeje kubyutsa umubano ku nyungu ya RDC na Zambia

Perezida wa Zambia, Dr Edgar Chagwa Lungu mu biganiro yagiranye na Perezida

U Rwanda ku isonga muri Afurika mu gupima imyuka ihumanya ikirere

Minisiteri y'Uburezi iratangaza ko umushinga ugamije gutahura amakuru yo mu kirere ajyanye

Umuryango wa Disi Didace washyinguye mu cyubahiro abana babo 2 bishwe muri Jenoside

Nyanza: Kuri uyu wa 23 Mata 2021, Umuryango wa Disi Didace, Se

Insina bita ‘INDAYA’ ntizikigezweho i Muhanga hatangiye gahunda yo kuzisimbuza

Abahinzi ku bufatanye n'Inzego z'Akerere ka Muhanga bemeje ko bagiye kuvugurura insina

RIB yafashe 3 bakekwaho kwiba ba nyiri ibibanza bababwira ko bizashyirwamo Umunara

*Abafashwe bavuga ko atari abatekamutwe ko babikuje amafaranga yabayobeyeho Mu Gitondo cyo

Umuyobozi wa COPCOM bamushinja kwiyongeza manda itemewe akavuga ko COVID ibifitemo uruhare

*Koperative COPCOM ikorera hariya ifite imitungo ya za miliyari z’amafaranga y’u Rwanda

Ruhango: Mwarimu arashinjwa kwiyita Avoka agatekera umutwe umukecuru

*Ngo yamwambuye Frw 400, 000 avuga ko agiye kumwunganira mu mategeko Urwego

U Rwanda rwasobanuye impamvu rutazohereza iwabo “Abarundi bakekwaho ibyaha”

Hashize iminsi umubano w’u Rwanda n’u Burundi uhembera akotsi ko kongera kuba

Ubumwe n’ubwiyunge mu Banyarwanda byateye intambwe bigeze kuri 94.7%

Komisiyo y’Igihugu y’Ubumwe n’Ubwiyunge yatangarije Sena y’u Rwanda ku wa Gatatu tariki

Igisasu cyaturutse muri Syria cyaguye hafi y’ububiko bw’intwaro kirimbuzi muri Israel

Igisasu cyo mu bwoko bwa missile cyasandariye mu Majyepfo ya Israel kuri

Buri mwarimu turifuza ko agira Mudasobwa ye – Min Twagirayezu

Nyamasheke: Umunyamabanga wa Leta ushinzwe amashuri Abanza n’Ayisumbuye muri Minisiteri y’Uburezi, mu

Ruhango: Akarere kisubije  ishuri ryigenga kemera no kwishyura miliyoni 40Frw y’umwenda

Ubuyobozi bw'Akarere ka Ruhango bugiye  gusubirana Ishuri Ryisumbuye rya Tekiniki, (Ecole Technique