Inkuru Nyamukuru

Rubavu: Umugabo watwitse umwana we ibirenge n’intoki amuziza gucukura ikijumba yatawe muri yombi

Inzego z’umutekano mu Karere ka Rubavu zataye muri yombi umubyeyi ucyekwaho gushyira

Ubushinjacyaha bw’i Paris bwasabye ko abasirikare b’Abafaransa badakurikiranwaho Jenoside

Ubushinjacyaha bw’i Paris bwasabye Urukiko kudakurikirana abasilikare b'Abafaransa baregwa Jenoside n'ibyaha byibasiye

Muhanga/Kabgayi: Mu kibanza kizubakwamo ibitaro by’ababyeyi hamaze kuboneka imibiri 69

Mu minsi ibiri gusa mu kibanza kizubakwamo ibitaro by'ababyeyi hamaze kuboneka imibiri

Uburyo abafana ba Chelsea FC mu Rwanda bubatse icyizere na yo kugera ubwo isigaye ibaha ibikoresho

Kuri uyu wa gatanu ubuyobozi bw’abafana ba Chelsea FC mu Rwanda bwamuritse

Perezida Kagame ntazi impamvu Uganda ifite ikibazo ku Rwanda

* Twe n’Abarundi turashaka kubana na bo kandi bamaze kwerekana iyo nzira

Karekezi Olivier yirukanwe muri Kiyovu Sports kubera imyitwarire idahwitse

Ubuyobozi bwa Kiyovu Sports bwatangaje ku Cyumweru ko bwarikanye umutoza Karekezi Olivier

Muhanga/Kabgayi: Imibiri 26 yabonetse mu kibanza kizubakwamo Ibitaro by’ababyeyi

Imibiri 26 bikekwa ko ari iy'Abatutsi bishwe muri Jenoside yabonetse mu kibanza

Abacuruzi bahishuye ahava amasashi agikoreshwa ku masoko bagira ibyo basaba REMA

Kuri uyu wa Gatanu mu igenzura ryakozwe n’Ikigo cy’Igihugu cyo Kubungabunga Ibidukikije

Huye: Abavuzi b’amatungo basabwe gukora kinyamwuga

Abavuzi b'amatungo baturutse mu bice bitandukanye by'igihugu bahuguwe uko batera  intanga inka,

Gicumbi:  Dr Ndahayo Fidele yavuze ko akiri Umuyobozi wa UTAB

Kuri uyu wa 30/Mata/2021 Dr Ndahayo Fidele umaze umwaka urenga ayoboye ishuri

Twaganiriye na Me Kubwimana wunganira 2 mu bafatanywe na Nyakwigendera Kizito Mihigo

Urubanza rw’abagabo batatu bafatanywe na Nyakwigendera KIZITO Mihigo rwongeye gusubikwa ku inshuro

Muhanga: Mu isoko rishya ibiciro by’ubukode biteye ubwoba abacuruzi batararikoreramo

Abubatse isoko rishyashya i Muhanga bavuga ko bagiye kwimura abacururizaga mu isoko

U Rwanda rwasabwe ibitekerezo ku guhashya imitwe y’iterabwoba iri muri Mozambique

Perezida Kagame Paul ku wa Gatatu w'iki Cyumweru yakiriye mugenzi we Filipe

OPINION: Umurimo unoze ni inkingi y’ubwigenge bwuzuye bw’ibihugu by’Afurika

Iyo umuntu atunzwe n’umurimo akorana ubushake n’ubwitange bishingiye ku mbaraga z’amaboko ye

Karongi: Bafashwe batambaye agapfukamunwa bavuga ko aho kukambara bakwemera gupfa

Mu ijoro ryakeye mu Karere ka Karongi hafashwe abantu 40 bishe amabwiriza