Inkuru Nyamukuru

Gicumbi: Uko urubyiruko rwikura  mu bukene, bakora imbabura zirondereza ibicanwa 

Rumwe mu rubyiruko rw’Akarere ka Gicumbi ruvuga ko nyuma yo gufashwa kwiga

Nyamasheke: Ababyeyi basobanuriwe icyo amategeko y’u Rwanda ateganya ku gukuramo inda

Mu Karere ka Nyamasheke ababyeyi bafite abana bari munsi y'imyaka 18 babyariye

Inyandiko ni ikigega n’umurage, ibyo wamenya ku Ishyinguranyandiko y’Igihugu

Inteko y’Umuco yavuze ko  ibigo bifite uruhare rukomeye mu kubungabunga inyandiko zibitse

Yatsindiye ubutaka bwe none arasabwa gusubira mu rukiko, ngo agiye gusubira kwa Perezida

Musanze:  Nyirangoragore Helene umaze igihe kirekire aburana ubutaka, kugeza n’aho agiye kwa

Nyagatare/Rwimiyaga: Barasaba ko Ikigega cyo kuzahura ubukungu cyagera ku bagore bo mu cyaro

Ubushakashatsi butandukanye bukorwa mu Gihugu bugaragaza ko abacuruzi b’abagore bagira uruhare rukomeye

Ruhango: Urubyiruko rwasabwe gushungura ibyandikwa ku mbuga nkoranyambanga

Mu bikorwa by'ukwezi kwahariwe ubumwe n'ubwiyunge, Ubuyobozi bw'Akarere ka Ruhango bwasabye abakirikirana

Muhanga: Abacuruza injyamani barashinjwa kugurisha imisaraba bakuye ku mva

Abaturiye amarimbi 2 yo mu Mujyi wa Muhanga bavuga ko hari abantu

Kayonza: Croix Rouge y’u Rwanda yatangiye gutanga Frw 180, 000 agamije kuvana abaturage mu bukene

Abaturage bo mu Karere ka Kayonza mu Murenge wa Kabarondo bagizweho ingaruka

Rusizi: Abanyeshuri bakoze moto ikoreshwa n’amazi avanze n’umunyu

*Moto yabo ngo yagabanyamo kabiri igiciro cy'urugendo Abanyeshuri bo ku ishuri ry’Urwunge

IGP Dan Munyuza yatanze inama zitandukanye ku Bapolisi bari muri Sudani y’Epfo

Kuri uyu wa Kabiri tariki ya 8 Kamena Umuyobozi Mukuru wa Polisi

Umushinga wa Green Gicumbi uratanga icyizere ku mibereho y’abaturage

Mu karere ka Gicumbi mu Murenge wa Byumba, abaturage bafashijwe gusazura amashyamba

Me Bukuru Ntwali azashyingurwa ku wa Kane, umuryango we uti “impamvu z’urupfu rwe ntabwo tuzireba cyane”

Uyu Munyamategeko wakundaga kugaragaza ibibazo biri mu Burasirazuba bwa DR.Congo, yapfuye ku

Mu Rwanda hatangijwe imishinga igamije kurandura ikinyabutabire cya Merikire

Kuri uyu wa kabiri tariki ya 08 Kamena 2021, muri Lemigo Hotel

Perezida Emmanuel Macron yakubiswe urushyi ruremereye ku itama

Polisi mu gihugu cy'Ubufaransa yataye muri yombi abantu babiri nyuma y'uko umwe

Guhakana no gupfobya Jenoside iyo bikozwe n’uwayirokotse biraremera – Ndayisaba

Muhanga - Mu muhango wo gutangiza ibikorwa by'ubumwe n'ubwiyunge ku rwego rw'Akarere,