Mu cyaro

Muhanga: Polisi yashyikirije inzu yubakiye umusaza n’umukecuru babaga mu manegeka

Polisi y'uRwanda, Guverineri w'Intara y'Amajyepfo n'Ubuyobozi bw'Akarere ka Muhanga, bashyikirije inzu umusaza

Kamonyi: Bakomeje gushakisha umugabo wagwiriwe n’ikirombe

Majyambere Festus w’imyaka 41 wo mu Murenge wa Rukoma, Akagari  ka Murehe

Barasaba gusubizwa ubutaka bw’ahahoze inkambi ya Gihembe, Ubuyobozi buti “Bahawe ingurane”

Abaturage bafite ubutaka bwabo ahari hubatse inkambi yari itujwemo impunzi z’abari bahunze

Abavuga ko “nta myaka 100” ni abanebwe batizera Imana- Nyirakabano wujuje iyi myaka

Umukecuru Nyirakabano Oliva wavutse ku itariki ya 26 ukuboza 1922  ubwo yuzuzaga

Nyanza: Umugabo w’imyaka 23  yapfuye bikekwa ko yiyahuye

Mu mudugudu wa Rwesero, mu kagari ka Rwesero mu Murenge wa Busasamana

Shyorongi: Gitifu na Etat-Civil barenze ku mabwriza yo kwirinda COVID-19

Umunyabanga Nshingwabikorwa w’Umurenge wa Shyorongi, Nzeyimana Jean Vedaste ari kumwe n’ushinzwe irangamimerere

Muhanga: Abantu bataramenyekana bicishije ibyuma umukecuru

Umukecuru witwa Kabanya Gatherine uri mu kigero cy’imyaka 65 yishwe n’abantu bataramenyekana

Bugesera: Bamaze imyaka 10 basaba guhabwa ingurane z’ubutaka bwabo bwangijwe

Bamwe mu baturage bo mu Murenge wa Shyara mu Karere ka Bugesera

Nyanza: Ambasaderi wa Israel mu Rwanda yageneye ishimwe abanyeshuri batsinze neza

Ambasaderi wa Israel mu Rwanda Dr.Ron Adam yashimiye abanyeshuri batsinze neza ibizamini

Rusizi: Abatuye Rwimbogo barinubira gusiragizwa ku Murenge ngo “iyo hatabuze umuyobozi habura konegisiyo”

Abaturage bo mu Murenge wa Rwimbogo mu Karere ka Rusizi barinubira serivisi

Burera: Haravugwa ruswa mu mafaranga yagenewe abahoze ari Abarembetsi

Hari abahoze batunda ibiyobyabwenge babikura mu gihugu cya Uganda bazwi nk'Abarembetsi bo

Gicumbi: Barasaba ko bahabwa irimbi “ngo irihari ryaruzuye”

Abaturage bo mu Murenge wa Byumba mu Karere ka Gicumbi,barasaba ko bahabwa

Kamonyi: Abahinzi bagiye gufashwa kugira uruhare mu itegurwa ry’imishinga ibagenewe

Nyuma y’uko abahinzi bagaragaje kwinubira no kutanyurwa na serivise bahabwa mu rwego

Musanze: Abasaga 200 bakoreye igisa n’imyigaragambyo ku biro by’Intara

Abakozi b’Ikigo Mass Building Ltd basaga 200 bari kubaka ikigo cy’ubushakashatsi buziga

Polisi yarashe umusore bivugwa ko ari “Umwuzukuru wa Shitani Mukuru”

Rubavu: Umusore w'imyaka 21 bivugwa ko yari yariyise DPC w'itsinda ry'insoresore zikora