Kamonyi: Inka y’uwarokotse Jenoside yatemewe mu kiraro
Abagizi ba nabi bataramenyekana batemeye inka y'umuturage witwa Ruzindaza Paul warokotse Jenoside…
Rusizi: Abarokotse Jenoside bibaza ku Barundi bishe ababo n’ubu bataraburanishwa
Abarokotse Jenoside yakorewe Abatutsi barasaba ubutabera ku ruhare Abarundi bagize mu kwica…
Karongi: Abakozi b’Ibitaro bya Kirinda bahakana kuyobozwa inkoni y’icyuma
Abakozi b'ibitaro bya Kirinda mu Karere ka Karongi bahakana kuyobozwa inkoni y'icyuma…
Rulindo: Abagabo batatu bafashwe bakekwaho ubujura bwo gutobora inzu
Polisi ikorera mu karere ka Rulindo yafashe abatatu bakekwaho gutobora inzu y’umuturage…
Arashinja ibitaro bya Kilinda kumwakira nabi byavuyemo gukurwamo nyababyeyi
KARONGI: Uyu mubyeyi w'imyaka 35 yitwa Mukamazera Berdiane atuye mu Kagari ka…
Rulindo: Imibiri 3 yashyinguwe mu cyubahiro mu Rwibutso rwa Mvuzo
Imibiri itatu y’Abatutsi bishwe muri Jenoside yakuwe aho yari ishyinguye ijyanwa mu…
Kamonyi: Ikamyo yagonze imodoka 9 benshi barakomereka
UPDATED: Umuvugizi wa Polisi ishami rishinzwe Umutekano wo mu muhanda, SSP Irere …
REG yamwemereye ingurane z’inzu ye none imyaka 3 irashize atarazihabwa
Muhanga: Kayinamura Faustin w’imyaka 63 y’amavuko amaze imyaka irenga itatu yishyuza Sosiyete…
Guv Kayitesi yashyikirijwe igitabo cy’amateka y’abiciwe i Nyarusange
Muhanga: Mu muhango wo kwibuka ku nshuro ya 28 Jenoside yakorewe Abatutsi…
Karongi: Abagabo barwanya ihohoterwa rikorerwa mu ngo bahawe amagare
Abagabo barwanya ihohoterwa rikorerwa mu ngo mu Mirenge ya Murundi na Gitesi…
Muhanga: Barasaba ko ikiraro kibahuza na Gakenke cyatangira gukoreshwa
Ikiraro gihuza Akarere ka Muhanga n'Akarere ka Gakenke kigaragara ko cyuzuye, abaturiye…
Kamonyi: Urubura rwinshi rwasenye inzu z’abaturage
Imvura yiganjemo urubura yaguye Murenge wa Mugina muri Kamonyi, ku mugoroba wo…
Rwamagana: Bavoma aho bise “mu ISENGA” amazi bakayabona biyushye akuya
Mu Murenge wa Gahengeri mu Karere ka Rwamagana hari bamwe mu baturage…
Muhanga: Hagaragajwe ko hari ahatuye abaturage hagenewe amashyamba
Ubuyobozi bw'Akarere ka Muhanga buvuga ko hari amashyamba afatwa nk'Ubuhumekero bw'Umujyi ari…
Gatsibo: Bikekwa ko yiyahuye “kuko yatwise kandi umugabo we afunzwe”
Mukamana Providence w’abana babiri wo mu Murenge wa Rwimbogo mu Karere ka…