Mu cyaro

Kamonyi: Inka y’uwarokotse Jenoside yatemewe mu kiraro

Abagizi ba nabi bataramenyekana batemeye inka y'umuturage witwa Ruzindaza Paul warokotse Jenoside

Rusizi: Abarokotse Jenoside bibaza ku Barundi bishe ababo n’ubu bataraburanishwa

Abarokotse Jenoside yakorewe Abatutsi barasaba ubutabera ku ruhare Abarundi bagize mu kwica

Karongi: Abakozi b’Ibitaro bya Kirinda bahakana kuyobozwa inkoni y’icyuma

Abakozi b'ibitaro bya Kirinda mu Karere ka Karongi bahakana kuyobozwa inkoni y'icyuma

Rulindo: Abagabo batatu bafashwe bakekwaho ubujura bwo gutobora inzu

Polisi ikorera mu karere ka Rulindo yafashe abatatu bakekwaho gutobora inzu y’umuturage

Arashinja ibitaro bya Kilinda kumwakira nabi byavuyemo gukurwamo nyababyeyi

KARONGI: Uyu mubyeyi w'imyaka 35 yitwa Mukamazera Berdiane atuye mu Kagari ka

Rulindo: Imibiri 3 yashyinguwe mu cyubahiro mu Rwibutso rwa Mvuzo

Imibiri itatu y’Abatutsi bishwe muri Jenoside yakuwe aho yari ishyinguye ijyanwa mu

Kamonyi: Ikamyo yagonze imodoka 9 benshi barakomereka

UPDATED: Umuvugizi wa Polisi ishami rishinzwe Umutekano wo mu muhanda, SSP Irere 

REG yamwemereye ingurane z’inzu ye none imyaka 3 irashize atarazihabwa

Muhanga: Kayinamura Faustin w’imyaka 63 y’amavuko amaze imyaka irenga itatu yishyuza Sosiyete

Guv Kayitesi yashyikirijwe igitabo cy’amateka y’abiciwe i Nyarusange

Muhanga: Mu muhango wo kwibuka ku nshuro ya 28 Jenoside yakorewe Abatutsi

Karongi: Abagabo barwanya ihohoterwa rikorerwa mu ngo bahawe amagare

Abagabo barwanya ihohoterwa rikorerwa mu ngo mu Mirenge ya Murundi na Gitesi

Muhanga: Barasaba ko ikiraro kibahuza na Gakenke cyatangira gukoreshwa

Ikiraro gihuza Akarere ka Muhanga n'Akarere ka Gakenke kigaragara ko cyuzuye, abaturiye

Kamonyi: Urubura rwinshi rwasenye inzu z’abaturage

Imvura yiganjemo urubura yaguye Murenge wa Mugina muri Kamonyi, ku mugoroba wo

Rwamagana: Bavoma aho bise “mu ISENGA” amazi bakayabona biyushye akuya

Mu Murenge wa Gahengeri mu Karere ka Rwamagana hari bamwe mu baturage

Muhanga: Hagaragajwe ko hari ahatuye abaturage hagenewe amashyamba

Ubuyobozi bw'Akarere ka Muhanga buvuga ko hari amashyamba afatwa nk'Ubuhumekero bw'Umujyi  ari

Gatsibo: Bikekwa ko yiyahuye “kuko yatwise kandi umugabo we afunzwe”

Mukamana Providence w’abana babiri wo mu Murenge wa Rwimbogo mu Karere ka