Mu cyaro

Gitifu w’Akarere ka Muhanga yimuriwe mu Karere ka Rulindo

Umunyamabanga Nshingwabikorwa w'Akarere ka Muhanga, Kanyangira Ignace yahawe inyandiko imwimurira mu Karere

Rulindo: Uwatsindiye ibagiro arashyira mu majwi Akarere kumuteza igihombo cya miliyoni 141

Dr Ndagijimana Joseph wo mu Murenge wa Base mu Karere ka Rulindo

Kirehe: Imyaka 3 irihiritse basaba ingurane z’inzu zangijwe n’ikorwa ry’umuhanda Kayonza-Rusumo

Hari abaturage bo mu murenge wa Kigina mu karere ka Kirehe basaba

Muhanga: Umuyobozi w’ishuri aravugwaho gutegeka abanyeshuri gukubita umubyeyi

Bamwe mu babyeyi bo mu Kagari ka Mubuga, mu Murenge wa Shyogwe,

Abakobwa 2 n’umuhungu bigaga kuri CEPEM barohamye mu kiyaga cya Burera

Amakuru y'inzego z'umutekano yemeza ko abanyeshuri batanu barimo boga mu kiyaga cya

Rutsiro: Abantu 7 bitwikiriye ijoro bagiye kwiba amabuye y’agaciro bakomeretsa abacunga umutekano

Abagabo barindwi bo mu murenge wa Mukuru akarere ka Rutsiro batawe muri

Kamonyi: Abatuye mu misozi ihanamye barashimira Leta yabahaye umuyoboro w’amazi meza

Ubuyobozi bw'Akarere ka Kamonyi buvuga ko abaturage bagera ku bihumbi 17 bavomaga

Muhanga: Ingo 366 zibanye nabi zatangiye guhabwa inyigisho

Ubuyobozi bw'Akarere ka Muhanga bwavuze ko bwatangiye kwigisha ingo 366 zibanye nabi

Nyamagabe: Abakingiwe Covid-19 barasaba abandi kwima amatwi ibihuha 

Abatuye Akarere ka Nyamagabe barashimira Leta ikomeje kubaha inkingo za Covid-19 zibafasha

Rusizi: Abaturage bashyiriweho uburyo bw’ikoranabuhanga bwo gukurikirana imihigo

Tariki ya 23 ugushyingo 2021 mu Karere ka Rusizi hamuritswe uburyo bw’ikoranabuhanga

Musanze: Hari abagabo bavuga ko “bahabwa inzaratsi” ngo batazaca inyuma abagore babo

Bamwe mu bagabo bo mu Murenge wa Gashake,  mu Karere ka Musanze

Kayonza: Umubyeyi utwite inda y’amezi 8 yishwe atemwe

Nakabonye Elizabeth w’imyaka 33 y’amavuko wari utwite inda y’amezi 8 yasanzwe mu

Mayor Ntazinda ngo agiye gusubiza uburezi ku isonga nk’uko byahoze i Nyanza

Umuyobozi w'Akarere ka Nyanza, Ntazinda Erasme wongeye kugirirwa icyizere agatorerwa kuyobora yiyemeje

Muhanga: Abangavu babyariye iwabo batinya kugaragaza ababateye inda ngo badafungwa

Mu kiganiro Ubuyobozi bw'Umurenge wa Rongi n'Imiryango itari ya Leta bagiranye n'UMUSEKE,

Nyagatare: Umubyeyi utishoboye wabyaye abana batatu arasaba ubufasha

Nyiracumi Stephanie wibarutse abana b'impanga batatu arasaba ubufasha nyuma yo kwibaruka aba