Mu cyaro

Kamonyi: Abo Covid-19 yabujije kwishyura inguzanyo za VUP  bahawe Frw 400, 000 buri wese

Abaturage 53 babarizwa mu cyiciro cya mbere n’icya kabiri cy’Ubudehe bo mu

Kamonyi: Abana barenga 2000 bamaze ukwezi barataye ishuri

Ubuyobozi bw'Akarere ka Kamonyi buvuga ko bugiye gusubiza mu ishuri  abana  barenga

Kugira imyumvire yo kutishishanya bizazana amahoro arambye mu biyaga bigali

Abatuye mu bihugu by'Ibiyaga Bigari bavuga ko mu gihe habaho imibanire myiza

Abatuye ikirwa cya Nkombo barasaba gusanurirwa isoko rimaze imyaka 3 amabati yaragurutse

Abaturage batuye Umurenge wa Nkombo mu Karere ka Rusizi bamaze imyaka isaga

Kamonyi: Abantu 151 bafashwe ngo “Baje gusaba Imana ubukire “barenze ku mabwiriza yo kurwanya COVID-19

Kuri uyu wa Kane tariki ya 16 Ukuboza 2021,ku bufatanye Polisi y’Igihugu

Nyamagabe: Manager wa SACCO ya Buruhukiro yarashwe n’umusekirite amusanze iwe

Umucungamutungo ku Murenge wa SACCO Buruhukiro mu ijoro ryakeye (ku wa Gatatu

Muhanga: Ba Mudugudu bifuje ko  bajya basobanurirwa icyatumye abakekwaho icyaha barekurwa

Mu bukangurambaga bwo kurwanya ihohoterwa rishingiye ku gitsina, ba Mudugudu bashya basabye

Gisagara: Impanuka ikomeye y’imodoka yaguyemo Abaforomokazi babiri

Abaforomokazi babiri bari kumwe n'abandi mu modoka bavuye mu gikorwa cyo gusiramura

Rubavu: Umusore wari wagiye koga mu Kivu yarohamye arapfa

Umusore w’imyaka 28 wari wagiye koga mu Kivu yarohamye ubwo yari kumwe

Ruhango: Haravugwa abanyeshuri bataye ishuri batinya urukingo rwa COVID-19

Bamwe mu banyeshuri bo mu  mu Murenge wa Bweramana, Akagari ka Buhanda

Kirehe: Umusare yatawe muri yombi akekwaho ruswa nyuma yo gushaka kujyana abantu Tanzania

Sibomana Salatier w’imyaka 43 wari usanzwe ari umusare mu Karere ka Kirehe,

I Rusizi haravugwa Abasekirite badafite ibibaranga bahohotera Abamotari

Abamotari bo mu Karere ka Rusizi bavuga ko babangamiwe n'Abasekirite babafatira amakosa

Karongi: Abayobozi biyemeje kugira icyo bigomwa mu guhangana n’igwingira riri mu bana

Aboyobozi batandukanye bo mu Murenge wa Rubengera bavuga ko bigomwe umugati wa

Ruhango: Ambulance yagonze umunyeshuri ahita apfa

Mu masaha ya saa sita mu mujyi rwa gati w'Akarere ka Ruhango

Muhanga: Basanze umurambo w’umugabo hafi y’ingo z’abaturage bakeka ko yazize inkoni

Umurambo wa Rukundo Célestin wasanzwe hagati y'ingo z'abaturage, ababibanye bashinja ushinzwe Umutekano