Mu cyaro

Gasabo: Inkuru y’urukundo rudasanzwe yarangiye nabi “umugore atwika inzu irimo moto”

*Ngo yamusanze asomana n' umukobwa Umugore witwa Mukampabuka Beatrice w’imyaka 62 ari

Nyamasheke: Inzu y’ubucuruzi yafashwe n’inkongi, umuriro ugera no ku nzu yindi ituwemo

Byabaye mu ijoro ryakeye, ahagana saa cyenda za mu gitondo, mu Murenge

Bugesera: Hari abaturage bagenda Km 3 bashakisha “Network ya telefoni”

Bamwe mu baturage batuye mu Kagari ka Bihari, Umurenge wa Ruhuha mu

Inkambi ya Gihembe yafunzwe burundu aho yahoze hatangiye guterwa ishyamba

Minisiteri y’Ibikorwa by’Ubutabazi yatangaje ko kuri uyu wa Mbere tariki 18 Ukwakira

Rutsiro: Minisitiri Gatabazi yasabye abagororerwa i Wawa kurangwa n’icyizere

Minisitiri w’Ubutegetsi bw’Igihugu Gatabazi Jean Marie Vianney, yasabye urubyiruko rugororerwa mu kigo

Ruhango: Ibinezaneza bya Uwamariya wahereye ku ngurube 7 mu mwaka 1 amaze kugira 120

Uwamariya  Alvèra wo mu Mudugudu wa Rusororo, Akagari ka Kirengeli mu Murenge

Huye: Imvura ikomeye yahitanye abantu 3 inasenya amazu arenga 200

Imvura ivanze n’inkubi y'umuyaga yaguye mu ijoro ryo ku wa 16 rishyira

Umugore wumva ko uburinganire ari ugutaha ijoro, gukubita umugabo ntabwo ari byo – Guv. Kayitesi

Nyamagabe: Guverineri w'Intara y'Amajyepfo Kayitesi Alice yakebuye abagabo n'abagore bumva nabi uburinganire

Rusizi: Umusore arakekwaho kwica se akoresheje inyundo

Kwizera Eric  uri mu kigero cy’imyaka 25 wo mu Karere ka Rusizi

Kamonyi: Abaturage bamaze ibyumweru 2 batabona serivisi, Gitifu ngo yataye Kashi

Bamwe mu baturage bo mu Kagari ka Kirwa mu Murenge wa Kayenzi

Muhanga: Urubyiruko rwabwiwe ihame ry’uburinganire ko aribo rireba cyane

Urubyiruko rwo mu Karere ka Muhanga rukora imirimo itandukanye rwabwiwe ko ihame

Kayonza: Hatangijwe umushinga wo gutera ibiti by’imbuto ibihumbi 400 mu kurwanya inzara

Kuri uyu wa 14 Ukwakira 2021, Minisitiri w’Ubuhinzi n’Ubworozi, Dr Mukeshimana Gerardine

Amajyepfo: Umwaka w’amashuri utangiye bishimira ibyumba by’amashuri 4,292 byuzuye

Mu ruzinduko rw'umunsi umwe, Guverineri w'Intara y'Amajyepfo Kayitesi Alice yakoreye mu Karere

Muhanga: Abadepite basanze ibyangombwa by’ubutaka birenga ibihumbi 27 bitarahabwa banyirabyo

Mu ruzinduko Abadepite bagize Komisiyo y'ubutaka, ubuhinzi, ubworozi n'ibidukikije bakoreye mu Karere

Burera: Abarwayi baracyahekwa mu ngobyi, ababyeyi bakabyarira mu nzira bajyanywe kwa muganga

Ukeneye kwamamaza! Gusobanuza! Gutanga amakuru? Hamagara 0788772818 Mu karere ka Burera hari