Ubukungu

Nyarugunga: Abanyamuryango ba FPR-Inkotanyi bishatsemo miliyoni 47Frw bubakira abatishoboye

Bwa mbere imbona nkubone bakoze Inteko rusange nyuma y'umwaduko wa COVID-19 Bishatsemo

Rwanda: Ingo Miliyoni ebyiri zamaze kugezwaho amashanyarazi

Ingo zigera kuri miliyoni ebyiri kuri ubu zimaze kugezwaho amashanyarazi,bisatira icyerecyezo cya

Kudasoresha umushahara utarenze Frw 60,000 bizagira ingaruka nziza – Eng. Andre Mutsindashyaka

Leta y’u Rwanda yakuyeho umusoro ku mushahara utarenga amafaranga y’u Rwanda ibihumbi

Umushahara uri munsi y’ibihumbi 60 Frw ntuzongera gusoreshwa mu Rwanda

Abakozi bahembwa umushahara uri munsi y’ibihumbi 60 Frw ku kwezi bakuriweho umusoro

Icyayi cy’u Rwanda kirakunzwe muri Kazakhstan

Icyayi cy’u Rwanda gikomeje kunyura abaynywi bacyo muri Kazakhstan kubera uburyo bwacyo

Minisitiri Dr.Mujawamariya asanga gutera ibiti ari umuco wo gusigasira

  Minisitiri w’Ibidukikije, Dr Mujawamariya Jeanne d’Arc yasabye Abanyarwanda kuzirkana akamaro k’igiti

Gasabo: Abaturage 100 batishoboye  bishyuriwe ubwisungane mu kwivuza

  Abaturage 100  batishoboye bo mu Murenge wa Kimironko mu Karere ka

Abaturage ba Mozambique batunguye Perezida Kagame wabasuye mu isoko

Mu ruzinduko rw’akazi arimo muri Mozambique, Perezida Paul Kagame yatunguwe n’abaturage yasuye

Uburasirazuba: Nubwo imvura yimanitse hari abahinze imyaka kandi isa neza

Bamwe mu bakora ubuhinzi bo mu Ntara y'Iburasirazuba bavuga ko n'ubwo iyo

EAC mu nzira zo gukabya inzozi ku gukoresha ifaranga rimwe

Umuryango w’Afurika y’Iburasirazuba ugeze kure urugendo rwo gushyiraho amategeko agenga ikoreshwa ry’ifaranga

Umubano w’u Rwanda na Rhineland-Palatinate ntuzasubira inyuma – Dr Biruta

Minisitri w'Ububanyi n'Amahanga w'uRwanda, Dr Vincent Biruta, yashimye uruhare intara yo mu

MINICOM yahagaritse “Ibiryabarezi” mu buryo bw’agateganyo

Minisiteri y'Ubucuruzi n'Inganda kuri iyu wa Kane tariki ya 20 Ukwakira 2022,

Ibihugu 12 biri mu Rwanda kwigira hamwe uko Isi yakwihaza mu biribwa

Abantu 70 bakorana n'imiryango itari iya Leta ikora mu by'ubuhinzi bo mu

Umugore wo mu cyaro afite imbogamizi yo kutabona igishoro

Huye: Bamwe mu bagore bo mu murenge wa Kigoma mu karere ka

Inyungu za “Ejo Heza” ni nyinshi ku muturage, akwiye kuyisobanurirwa aho kuba agahato

Urwego rw’Ubwiteganyirize mu Rwanda (RSSB), rwasabye abayobozi kudahatira abaturage kugana gahunda ya