Ubutabera

U Rwanda rwahakanye “igitutu” kuri Niger ngo yirukane abimuwe na Arusha ku butaka bwayo

URwanda rwavuze ko umubano n’ubushuti bwari hagati yarwo na Niger bidashobora gukomwa

Nyamvumba yemeye ko yijanditse muri RUSWA asaba imbabazi Perezida Kagame

*Yasobanuye uko yabaye Umuhuza muri ruswa ya miliyari 7Frw Kuri uyu wa

Huye: Umwana w’imyaka 17 yapfuye nyuma yo gutererwa ibyuma mu kabari

Hakizimana Valens yashizemo umwuka nyuma yo guterwa ibyuma mu nda ku saa

Ba Offisiye baregwa ruswa mu bizami bya Perimis urubanza rwabo rwongeye gusubikwa

Kuri uyu wa Gatanu tariki ya 07 Mutarama, 2022 Urukiko Rwisumbuye rwa

Urubanza rwa Munyenyezi woherejwe na US kuburanira mu Rwanda rwongeye gusubikwa

Urubanza ruregwamo Béatrice Munyenyezi ukurikiranyweho ibyaha birindwi bifitanye isano na Jenoside yakorewe

Urubanza ruregwamo Urayeneza Gerard na bagenzi be rwasubitswe kubera impamvu 2

Nyanza: Urugereko rwihariye rushinzwe kuburanisha ibyaha mpuzamahanga n'ibyambukiranya imipaka rwongeye gusubika urubanza

Jabana: Umunyerondo yatemwe mu mutwe azira gutanga amakuru

Tuzabana Innocent wari umusigire w’ukuriye irondo mu Mudugudu w’Umubuga mu Murenge wa

Ngororero: Urukiko rwakatiye imyaka 5 abanyeshuri bangije ibikoresho by’ishuri, ababyeyi batakira Perezida Kagame

Urukiko rw’Ibanze rwa Ngororero rwahamije abanyeshuri batandatu ba ESECOM Rucano ibyaha byo

Urukiko rwasubitse urubanza rw’ubujurire rwa Urayeneza Gerard na bagenzi be

Nyanza: Urugereko rwihariye rushinzwe kuburanisha ibyaha Mpuzamahanga n'ibyambukiranya imipaka ruri I Nyanza

Padiri washinjwaga gusambanya umwana w’umuhungu yagizwe umwere

Muhanga: Urukiko Rwisumbuye rwa Muhanga rwagize umwere Padiri Habimfura Jean Baptiste wari

Kamonyi/Runda: Abashinzwe iterambere ry’Umudugudu barashinjwa gusaba no kwakira indonke

Dusengumukiza Aloyis na Ntakirutimana Arcade bagize Komite ishinzwe Iterambere ry'Umudugudu wa Nyagacyamu,

Urubanza rwa Hakuzimana Abdul Rashid rwasubitswe kubera ibaruwa yandikiye Urukiko

Kuri uyu wa Kane tariki ya 23 Ukuboza, 2021 Urukiko Rwisubuye rwa

Muhanga: Ubushinjacyaha bwasabiye abasore 2 basambanyije abana igihano cya burundu

Mu iburanisha ryabaye ku gicamunsi cyo kuri uyu wa Gatatu tariki ya

Ruswa mu bizami bya permis: Ba ‘Offisiye’ barekuwe n’Urukiko Polisi yo yakomeje kubafunga

Inkuru y'Abapolisi 7 hari ba "Offisiye" beretswe Itangazamakuru Polisi y'Igihugu ibashinja kurya

RIB yavuze amwe mu mayeri y’abarya ruswa arimo Ibwirize, rangiza gahunda na mvivura

Urwego rw’Igihugu rw’Ubugenzacyaha(RIB) rutangaza ko abarya ruswa bagerageza gukoresha amayeri menshi akomeye