Ubutabera

Musanze: Abantu 7 bakwekwaho urupfu rw’umukecuru Nyirabikari batawe muri yombi

Abantu barindwi barimo umuhungu w’umukecuru w’imyaka 87 Nyirabikari Therese bari mu maboko

Rwiyemezamirimo UWEMEYE Jean Baptiste umaze amezi 22 afunzwe, isomwa ry’urubanza rwe ryasubitswe

Ku wa Gatanu tariki ya 17 Ukuboza, 2021 Urukiko Rwisumbuye rwa Gasabo

Urukiko rwongereye igihe Twagirayezu Wenceslas ngo agere ku batangabuhamya bashinjura

Mu iburanisha riheruka ku wa 1 Ukuboza 2021 Twagirayezu Wenceslas woherejwe n'igihugu

Dr Munyakazi wabaye Umunyamabanga wa Leta muri MINEDUC yakatiwe igihano gisubitse

Kuri uyu wa Gatatu Urukiko Urukiko Rukuru rwahamije Dr Munyakazi Isaac icyaha

Abari abayobozi muri FDLR bari basabiwe gufungwa burundu bakatiwe imyaka 10

*Bahanaguweho ibyaha bitandatu muri birindwi baregwa Urugereko rw'Urukiko Rukuru ruburanisha ibyaha mpuzamhanga

Rubavu: Abagabo 2 bakekwaho gukebesha urwembe abaturage batawe muri yombi

Polisi y’Igihugu yataye muri yombi abagabo babiri Muvandimwe Innocent na Bapfakurera Evaliste

Urubanza rw’ubujurire rw’Umunyamakuru Jado Castar rwasubitswe

Kuri uyu wa Mbere mu Rukiko Rukuru hari hateganyijwe urubanza rw'ubujurire rw'Umunyamakuru

Abagabo babiri bakurikiranyweho gutanga ruswa no guha abana ibisindisha

Polisi y’Igihugu yataye muri yombi abagabo babiri aribo Manizabayo ndetse na Kagame

Sous-Lieutenant Seyoboka wahoze muri EX-FAR yakatiwe gufungwa burundu no kwamburwa uburenganzira mboneragihugu

Urukiko Rukuru rwa Gisirikare rwakatiye Sous Lieutenant Henri Jean Claude Seyoboka igihano

CSP Kayumba wayoboye Gereza ya Mageragere n’uwari umwungirije bakatiwe imyaka 5 y’igifungo

CSP Kayumba Innocent na SP Ntakirutimana Eric bari abayobozi ba Gereza ya

Abasirikare bavuzweho “gusambanya abagore no kwiba” muri Bannyahe Urukiko rwabiburiye ibimenyetso

Urukiko Rukuru rwa Gisirikare (rukorera i Kanombe) rwagabanyirije ibihano abasirikare babiri (Pte

Burugumesitiri wa Komini Murama kuva muri Kanama 1994 yahakanye imbunda ivugwa kuri Urayeneza

Urugereko Rwihariye Rushinzwe Kuburanisha Ibyaha Mpuzamahanga n’Ibyambukiranya imipaka ruri i Nyanza mu

RIB yerekanye abacyekwaho guta ku munigo umugabo bakamwiba Miliyoni 1.2 y’u Rwanda

Urwego rw’Igihugu rw'Ubugenzacyaha (RIB) rwerekanye abarimo Kwizera Patrick w'imyaka 19 na Magambo

Nyanza: Abaregwa iterabwoba ku nyungu z’idini ya Islam basabiwe gufungwa burundu

Ubushinjacyaha burasabira igihano cyo kwambura uburenganzira bari bafite mu gihugu abayoboke b'idini

Nyamvumba Robert wakatiwe imyaka 6 y’igifungo yasubikishije urubanza rwe ku nshuro 4

Kuri uyu wa 26 Ukwakira 2021 Nyamvumba Robert wari umukozi wa Minisiteri