Ubutabera

Urukiko rwongeye gusubika isomwa ry’urubanza rwa Jean Baptiste Mugimba woherejwe n’Ubuholandi

Urugereko rw'urukiko rukuru rukorera i Nyanza mu majyepfo y'u Rwanda rwongeye gusubika

Gakenke: Polisi ifunze uwacukuraga amabuye y’agaciro bitemewe n’amategeko

Polisi ikorera mu Karere ka Gakenke, ku cyumweru tarikiya 16 Mutarama 2021,yafashe

Babiri bafunzwe bakekwaho urupfu rw’umwana wasanzwe mu kidomoro cy’amazi

Ku wa 14 Mutarama 2022 nibwo hamenyekanye inkuru y’urupfu rw’umwana w’umukobwa w’imyaka

Muhanga: Umusore akurikiranyweho gusambanya nyina w’imyaka 61

Umusore w’imyaka 25 akurikiranyweho gusambanya nyina w’imyaka 61 ku gahato, Ubushinjacyaha Urwego

Ibura rya Paul Rusesabagina ryateje impaka mu rubanza rurasubikwa

Kuri uyu wa Mbere tariki ya 17 Mutarama 2022 nibwo urukiko rw'Ubujurire

Urugaga rw’Abavoka rwandikiye Urukiko rw’Ikirenga rutakamba ngo Abavoka boroherezwe kwinjira mu Nkiko

Ku wa 11 Mutarama, 2022  Urugaga rw’Abavoka mu Rwanda rwandikiye Perezida w’Urukiko

Kamonyi: Impaka ziracyari ndende ku miryango 2 iburana isambu yatanzwe mu myaka ya 1970

*Urukiko rwagiye kwikorera iperereza, ariko abatangabuhamya baruha amakuru agoye gusesengura Urukiko Rukuru

Ngoma: Ukuriye DASSO ku Murenge wa Murama yafashwe yakira ruswa

Urwego rw'Ubugenzacyaha (RIB) rwatangaje ko rwafunze Umuyobozi wa DASSO ku rwego rw'Umurenge

Ngororero: Abaturage bagiriwe inama yo kudasiragira mu Nkiko kuko bitera igihombo

Bamwe mu baturage bo mu Kagari ka Vuganyana mu Murenge wa Nyange

Uwari Umuyobozi w’Ubuzima muri Nyaruguru yavuze uko yagambaniwe ashinjwa ruswa

Uwahoze ashinzwe ishami ry'ubuzima mu Karere ka Nyaruguru yireguye mu Urukiko Rukuru

Urubanza rw’ubujurire rwa Urayeneza Gerard rwapfundikiwe, abaregwa barasaba kugirwa abere

*Ngo Urukiko ruzagendere ku batangabuhamya bashinja bivuguruje, *Ubushinjacyaha bwo busaba ko ubuhamya

Huye: Batatu bafashwe bagiye gukorera perimi bahimbye ubutumwa bw’uko batarwaye Covid-19

Abantu batatu bafatiwe mu Karere ka Huye ahakorerwa ibizamini byo kubona impushya

Guhohoterwa ku mugabo si ukuba umunyantege nke, bagane ubutabera -Dr Murangira

Umuvugizi w’Urwego rw’Igihugu rw’Ubugenzacyaha RIB, Dr Murangira B. Thierry yasabye abagabo bahohoterwa

HEC yemeje ko Atalantic Universtiry ivuga ko yahaye “PhD” Dr Igabe itemerewe gutanga impamyabumenyi zihanitse

Ikigo gishinzwe amashuri makuru na za Kaminuza mu Rwanda HEC, cyemeje ko

Cyuma Hassan yanze kuburanira kuri Skype ajyanwa ku Rukiko rw’Ubujurire

Kuri uyu Mbere Niyonsenga Dieudonne uzwi ku mbuga nkoranyambaga cyane YouTube aho