Ubutabera

RIB yemeje ko umunyarwenya Nyaxo afunzwe

Umunyarwenya Kanyabugande Olivier , uzwi nka Nyaxo yatawe muri yombi n’inzego zishinzwe

Ifungwa rya Mugabekazi, bamwe babibona nko kwihanukira! We ati “Ikote ryavuyeho ku bwo kurangara”

Impaka zahinduye isura ku mbuga nkoranyambaga, Umukobwa witwa Mugabekazi Liliane w’imyaka 24

Umukobwa wambaye mu ruhame ikanzu igaragaza “ikariso” yasabiwe gufungwa by’agateganyo

Umukobwa witwa Mugabekazi Liliane utuye mu Murenge wa Kacyiru, mu karere ka

Kabuga Felicien yasabye guhindurirwa Abavoka mu nama mbanzirizarubanza

Nk'uko Urwego rushinzwe kurangiza imanza zasizwe zidaciwe n'Urukiko Mpuzamahanga Mpanabyaha rwa Arusha,

Ruhango:  Umugabo arakekwaho kwica umugore wari uje kumwaka amafaranga ya Mituweli

Murwanashyaka Charles wari umaze igihe gito afunguwe kubera kunywa urumogi yishe umugore

IBUKA yagiriye inama Past Kalisa urega mugenzi we gutanga ikirego muri RIB

Umuryango ushinzwe kurengera inyungu z'abarokotse Jenoside yakorewe abatutsi mu 1994 (IBUKA)  wagiriye

Uwahoze ayobora ishuri rya ILPD yasabwe gukomeza gukorana n’abamusimbuye

Minisitiri w'Ubutabera akanaba n'intumwa nkuru ya Leta yasabye Dr. Didas Kayihura wahoze

Nyamasheke: Umusore wishe ababyeyi be na we YARASHWE

UPDATE: Ababibonye bemeza ko Eliezer yarashwe amasasu abiri agerageza gutoroka abashinzwe kumurinda,

Nyamasheke: Inzego z’umutekano zafashe umugabo wishe ababyeyi be bombi

Umugabo w'imyaka 34 washakishwaga nyuma yo kwica ababyeyi be ku wa Gatandatu,

Kigali: Umunya-Koreya y’Epfo wari wakatiwe imyaka itanu yagizwe umwere

Kuwa Gatanu ushize Urukiko rw’ubujurire rwahanaguyeho ibyaha byose Umunya-Koreya Jin Joseph yari

Umuganga ushinjwa gusambanya no kwica umukobwa wari ufite imyaka 17 yakatiwe

Musanze: Urukiko Rwisumbuye rwa Musanze rwakatiye igifungo cy'imyaka 25 umuganga witwa Maniriho

Gitifu na Rwiyemezamirimo bakatiwe gufungwa imyaka 5 no gutanga miliyoni 25Frw

Muhanga: Urukiko  Rwisumbuye rwa Muhanga rwakatiye igifungo cy'imyaka 5  uwari Umunyamabanga Nshingwabikorwa

Polisi yahagurukiye abajura biba moto, imaze kugaruza eshatu mu gihe gito

Polisi y'u Rwanda ivuga ko ikomeje ibikorwa byo gufata abajura biba moto,

Umugabo wugamishijwe n’umukecuru agasiga amukoreye amahano yagejejwe mu Rukiko

Gicumbi: Ubushinjacyaha ku rwego rwisumbuye rwa Gicumbi, rwagejeje imbere y’Urukiko umugabo w’imyaka

I Rubavu hafatiwe “amabule” ibihumbi y’urumogi

Polisi y’u Rwanda mu Karere ka Rubavu, ishami rishinzwe kurwanya ibiyobyabwenge (ANU),