Uncategorized

Umuryango wa Tom Close uri mu gahinda ko gupfusha Sebukwe

Abinyujije kuri Konti ye ya Instagram mu gitondo cyo kuri uyu wa mbere tariki ya 12 Mata 2021, Ange Tricia…

Empress Nyiringango asanga habaho ‘Festival’ itangwamo ubutumwa bwo kurwanya Jenoside

Umuhanzikazi Empress Nyiringango yasabye ko mu Rwanda hategurwa Iserukiramuco (Festival) yajya iba buri mwaka igaha umwanya Ubuyobozi n'Abahanzi bagatanga ubutumwa…

Muhanga/Gifumba: Abantu bataramenyekana batemye insina z’uwarokotse Jenoside

Mu ijoro ryakeye rishyira ku wa Mbere taliki ya 12 Mata 2021, abantu bataramenyekana kugeza ubu, biraye mu murima batema…

Umusore yiyemeye kuba yabagwa bakamukuramo ijishisho akariha Umuhanzi Niyo Bosco

Umuhanzi Niyo Bosco ufite ubumuga bwo kutabona yemerewe ijisho rimwe n'umusore witwa Kendrick Kevin watangaje ko isaha n'isaha mu gihe…

Karongi : Ababyeyi bavuga ko batunguwe n’umusaruro Abanyeshuli bacyuye

Hashize umwaka urenga umurwayi wa mbere wa Covid-19 agaragaye mu Rwanda uko iyi ndwara yakazaga umurego byakomye mu nkokora ibikorwa…

- Advertisement -
Ad image