Huye: Abaturage basabwe gusigasira ibikorwa remezo bimaze kubakwa

Ubuyobozi bw’Akarere ka Huye buvuga ko mu rugendo rwo kwibohora, abaturage bagomba gusigasira ibikorwa remezo bimaze kubakwa. Mu kiganiro Umuyobozi w Akarere ka Huye, Sebutege Ange yagiranye n’Umuseke, yavuze ko hari imihanda ya kaburimbo ifite Km 6 bujuje muri uyu mwaka w’Ingengo y’imali 2020-2021. Sebutege avuga ko mu byo bishimira kandi harimo ibyo abaturage babashije […]