Impunzi z’Abarundi zitegereje icyerekezo kizava mu magambo meza ari hagati y’u Burundi n’u Rwanda

U Burundi n’u Rwanda bimaze iminsi bica amarenga ko agasozi kari karakomye akandi kugasabaho umugeni kakomorerwa, mu myaka minshi ishize, u Rwanda rwohereje Minisitiri w’Intebe ku butaka bw’u Burundi ngo ahagararire Perezida Paul Kagame, kuri mugenzi we Ndayishimiye byabaye igitangaza, ariko ni igitangaza kurushaho ku mpunzi z’Abarundi zahunze igihugu cyabo mu 2015 zikaza mu Rwanda […]