Uwahoze ari myugariro wo hagati mu ikipe y'Igihugu y'abagore no muri AS Kigali, Umulisa Edith yitabye Imana nyuma yo kutamenya…
Komite Nyobozi yasigaranywe na Ndorimana Jean François Regis , yatumije inama idasanzwe yo kwiga ku bibazo bitandukanye bimaze iminsi bivugwa…
Nyuma yo kujyana muri FIFA ikipe ya APR FC ayishinja kumusuzugura mu kazi, ubuyobozi bw'iyi kipe y'Ingabo bwatangaje ko uyu…
Uwari umukinnyi wa Forefront Volleyball y'abagabo, Dusenge Wilckliff, yerekeje mu gihugu cya Qatar aho agiye gusinya amasezerano. Uyu mukinnyi agiye…
Mvukiyehe Juvénal wayoboraga Umuryango wa Kiyovu Sports Association, yasezeye ku bakunzi b'iyi kipe abibutsa ko atakiri umuyobozi w'uyu muryango ariko…
Umuryango usanzwe ufasha abana n'imiryango ya bo itishoboye, Love Hope&Care Foundation, wageneye ibiribwa iyi miryango kugira ngo ibashe kumwenyura kuri…
Ubuyobozi bw'ikipe ya APR FC burangajwe imbere na Lt Gen Mubarakh Muganga, bwemeje ko iyi kipe igiye kongera gukinisha abanyamahanga…
Ishyirahamwe Nyarwanda ry'Umupira w'Amaguru (Ferwafa), ryatangaje ko imikino y'irushanwa ry'igikombe cy'Amahoro cya 2023, izatangira muri Gashyantare. Iri rushanwa rizatangira tariki…
Umutoza mukuru w'ikipe ya Rayon Sports, Haringingo Francis Christian, ashobora gusezera iyi kipe akerekeza muri Tanzania. Ku wa Gatanu tariki…
Mu mukino w'umunsi wa 15 wa shampiyona, ikipe ya Kiyovu Sports ibifashijwemo na Muhozi Fred, yatsindiye Marine FC kuri Stade…
Sign in to your account