Ikipe ya APR FC ibifashijwemo na Bizimana Yannick, yongeye gutsinda Rayon Sports mu mukino w'umunsi wa 14 wa shampiyona. Ni…
Ubuyobozi bw'ikipe ya APR FC, bwasuye abakinnyi bubaha ubutumwa bukakaye burimo kubasaba gutsinda mukeba. Lt Gen Mubarakh Muganga uyobora APR…
Ibifashijwemo na rutahizamu, Félix Koné, AS Kigali yatsinze Gorilla FC bituma ifata wa Mbere mu gihe itegereje ibizava mu mukino…
Umukinnyi wo hagati w'ikipe ya FC Barcelona, Sergio Busquets yatangaje ko yasezeye mu ikipe y'Igihugu ya Éspagne yari abereye kapiteni.…
Umukino w'umunsi wa 14 wa shampiyona uzahuza Rayon Sports na APR FC, wahawe abasifuzi mpuzamahanga babiri barimo Ishimwe Claude uzwi…
Nyuma yo kureba umukino wahuje u Bufaransa n'Ikipe y'Igihugu ya Maroc, Perezida w'u Bufaransa, Emmanuel Macron yashimiye umukinnyi, Sofyan Amrabat…
Siporo rusange yitabirwa n'abatuye mu Mujyi wa Kigali izwi nka 'Kigali Night Run', yitabiriwe na benshi barimo n'abashyitsi b'u Rwanda…
Irushanwa ry'amagare riri muri atatu asoza umwaka wa 2022 ryiswe 'Musanze Gorilla Race', ritegerejwemo abakinnyi bafite amazina manini muri uyu…
Mbere y'iminsi mike ngo ikipe ya Rayon Sports yakire APR FC mu mukino w'umunsi wa 14 wa shampiyona, ibiciro byamaze…
Umukinnyi wo hagati w'ikipe ya Rayon Sports, Nishimwe Blaise aravugwa mu ikipe ya Kiyovu Sports itozwa n'umubyeyi we, Mateso Jean…
Sign in to your account