HABIMANA Sadi

1373 Articles

Haringingo na Pablo babonye akazi muri Kenya

Nyuma yo gusoza amasezerano mu kipe ya Rayon Sports ariko ntiyongerwe andi, umutoza Haringingo Francis Christian Mbaya, yagizwe umutoza mukuru…

AS Kigali y’abagore yagaruye abatoza yari yirukanye

Ubuyobozi bw'ikipe ya AS Kigali Women Football Club, bwafashe icyemezo cyo kugarura abatoza babiri, Ntagisanimana Saida na Safari Jean Marie…

Rashid na Siméon mu muryango winjira muri Rayon

Ubuyobozi bw'ikipe ya Rayon Sports, burimbanyije ibiganiro n'abakinnyi babiri bakina hagati mu kibuga, Iradukunda Siméon wa Gorilla FC na Kalisa…

Abafana boze amaso! Mbaoma yiyeretse abakunzi ba APR

Rutahizamu w'ikipe y'Ingabo ukomoka muri Nigeria, Victor Mbaoma, yafunguye konti ye y'ibitego ku mukino wa Marine FC. Kuri uyu wa…

Volleyball 4Life yungutse abatoza bashya

Biciye mu mahugurwa y'iminsi itanu yabereye mu Karere ka Nyanza mu Ntara y'Amajyepfo y'u Rwanda, Volleyball 4Life yungutse abatoza 18.…

FERWAFA igiye guhugura abatoza b’abanyezamu

Ishyirahamwe ry'Umupira w'Amaguru mu Rwanda, Ferwafa, ryateguriye amahugurwa abatoza b'abanyezamu mu byiciro byombi. Mu rwego rwo gukomeza kongerera ubumenyi abatoza…

Gasogi yahaye amahirwe abana bifuza gukina umupira w’amaguru

Nyuma yo gutangiza ikipe y'abato, abayobora ikipe ya Gasogi United bongeye guha andi mahirwe abacikanywe n'igikorwa cyo guhitamo abana bazaba…

Rubavu: Amatora yo gusimbuza abayobozi birukanwe yasubitswe

Komisiyo y'Igihugu y'Amatora, NEC, yatangaje ko amatora yagombaga kuba tariki 11 Kanama 2023 yo gusimbuza abayobozi baherutse kwirukanwa kubera amakosa…

Inyungu zitezwe mu irushanwa rihuza za Bank

Abategura irushanwa rihuza za Bank mu mikino itandukanye, bahamya ko hari inyungu nyinshi abakozi baryungukiramo zirimo no kugira ubuzima bwiza.…

Handball: Hagaragajwe imyambaro U19 izambara mu Gikombe cy’Isi

Ishyirahamwe ry'Umukino wa Handball mu Rwanda, ryerekanye imyenda ikipe y'Igihugu y'Ingimbi zitarengeje imyaka 19, izambara mu Gikombe cy'Isi kigiye kubera…