Ange Eric Hatangimana

1093 Articles

Ian Kagame yagaragaye mu barinda Perezida

Igihagararo, ubumenyi n’ubushobozi Ian Kagame, umuhungu wa Perezida Paul Kagame, arabifite ngo agirirwe icyizere cyo kuba mu barinda Perezida. Uyu…

Babiri mu barwanyi ba M23 bahawe ipeti rya Brigadier General

Umutwe wa M23 watangaje ko umuyobozi wawo, Bertrand Bisimwa yazamuye mu ntera abarwanyi babiri, Colonel Mboneza Yusufu na Colonel Byamungu…

AKADEMIYA izajya ifasha u Rwanda mu bikorwa bya politiki yo kurengera ibidukikije

Ikigo cy’igihugu cyo kubungabunga Ibidukikije (REMA) ku bufatanye n’ikigo cya AKADEMIYA batangije gahunda yo kubaka ubushobozi binyuze mu bushakashatsi izafasha…

Bugesera: Abagabo 2 bafatiwe mu cyuho “bakora amadolari ya America”

Ku wa Gatatu tariki ya 11 Mutarama, Polisi y’ u Rwanda ku bufatanye n’abaturage mu Karere ka Bugesera, yafatiye mu…

Namuhaye intashyo za Perezida Erdogan – Min Çavuşoğlu

Minisitiri w’Ububanyi n’Amahanga wa Turukiya, Mevlüt Çavuşoğlu yagiranye ibiganiro na Perezida Paul Kagame, wamwakiriye n’intumwa yari ayoboye. Kuri uyu wa…

Perezida wa M23 yahuye n’umuhuza Uhuru Kenyatta – Ibyo baganiriye

Ibiro bya Uhuru Kenyatta wabaye Perezida wa Kenya, ndetse ubu akaba ari umuhuza mu bibazo bya Congo, byasohoye itangazo rijyanye…

Ibyo gufatanya n’abacanshuro b’Abarusiya Congo yabyamaganiye kure

Igisirikare cya Congo Kinshasa cyahakanye ibyo kuba ku rugamba hari abacanshuro b’Abarusiya bo muri Wagner Group, hari hashize igihe umutwe…

Abasirikare ba SADC bari muri Mozambique baravugwaho gutwika abantu

Perezida wa Namibia, Hage Geingob yamaganye amashusho avuga ko “ateye ubwoba” agaragaramo abantu bambaye imyambaro ya gisirikare batwika imibiri y’abantu.…

Umuyobozi ukekwaho gukubita umuturage agapfa, arakomeza gufungwa by’agateganyo

Nyanza: Urukiko rw'ibanze rwa Busasamana rwafatiye umwanzuro Umuyobozi w'Umudugudu wo mu kagari ka Gatongati, mu murenge wa Kibirizi ushinjwa gukubita…

NAME CHANGE REQUEST