Ange Eric Hatangimana

1093 Articles

Congo ishobora gutegekwa na Perezida w’umugore ufite ubumuga

Kuri iki cyumweru, umugore witwa Hortense Maliro yagejeje candidatire ye muri Komisiyo y’igihugu y’amatora ya Congo, azaba ahanganye na Perezida…

Umusirikare mukuru wa Israel wishwe na Hamas yamenyekanye

Kugeza ubu imirwano mishya iri kuba hagati y’ingabo za Israel n’abarwanyi batandukanye bashyigikiye Palestine imaze kugwamo abantu 400 ku ruhande…

Abarwanyi bo muri Palestine batunguye Israel bayigabaho igitero gikomeye

Mu gitondo kare kuri uyu wa Gatandatu, ushobora kuzaba umunsi umwe mu mateka, abarwanyi bo muri Palestine binjiye muri Israel…

M23 yisubije Kitshanga n’ibindi bice byafashwe na Wazalendo

Imirwano ikomeye mu Burasirazuba bwa Congo yasize umutwe wa M23 wongeye kugenzura umujyi wa Kitshanga. Abanyamakuru bo mu Burasirazuba bwa…

Umunyarwanda wasuye agace karinzwe cyane ku Isi, yifuje kubasangiza uko hateye

UMUNTU WESE AKENERA AMAHORO! Aya ni amagambo ya MANIRAGUHA Venuste, umunyeshuri w'Umunyarwanda wiga muri Korea y'Epfo ari na we dukesha…

Amb. Gatete yagizwe umuyobozi wa Komisiyo ya UN ishinzwe ubukungu bwa Africa

Kuri uyu wa Gatanu Umunyabanga Mukuru w’Umuryango w’Abibumbye, Antonio Guterres yagize Ambasaderi Gatete Claver Umunyabanga wa Komisiyo ya UN ishinzwe…

Urukiko rwo muri Congo rwakayite Depite Mwangachuchu igihano cy’urupfu

Urukiko Rukuru rwa Gisirikare muri Congo rwahanishije Depite Mwangachuchu igihano cy’urupfu no gutanga miliyoni 100 z’amadolari. Kuri uyu wa Gatanu…

Abarimu b’indashyikirwa barabyinira ku rukoma

Abarimu b'indashyikirwa mu Ntara n'umujyi wa Kigali bagenewe ishimwe rya Moto ifite agaciro ka miliyoni 1.8Frw kuri buri wese banahabwa…

Congo: Byasubiye irudubi, imitwe ya Wazalendu ihanganye na M23

Imirwano imaze iminsi mu Burasirazuba bwa Congo, cyane muri Teritwari ya Masisi ikomeje guca ibintu hagati y'imitwe yitwaje intaro ishyigikiye…