Ange Eric Hatangimana

1093 Articles

Byaradutunguye kumva ko Dr. Rutunga aregwa Jenoside – Uwakoze muri ISAR Rubona

*Mu rukiko herekanwe amashusho yafashwe mu gikorwa cyo kwibuka Jenoside yakorewe abatutsi mu 1994 ahahoze ISAR Rubona Umutangabuhamya wahoze akora…

Urukiko rwategetse ko Aimable Karasira yongera gusuzumwa ko afite uburwayi “bwo mu mutwe”

Karasira Aimable Uzaramba uzwi nka Prof. Nigga wahoze ari umwarimu muri Kaminuza y'u Rwanda, urukiko kuri uyu wa Gatatu rwategetse…

NAME CHANGE REQUEST

Yapfuye bitunguranye amaze gushikuza umuturage telefoni

Musanze:  Mu isantere ya Byangabo mu Murenge wa Busogo, umusore w’imyaka 18 yapfuye bitunguranye agerageza gutorokana telefoni yari amaze kwambura…

Nyaruguru: Hatangijwe “Club” igamije guteza imbere impano abaturage bifitemo

Ubuyobozi bw'akarere ka Nyaruguru bwatangaje ko  bwatangije "Club" shya igamije guteza imbere impano abaturage bifitemo. Mu karere ka Nyaruguru ku…

Kigali: Umugabo yabyutse atwika ibye “avuga ko ari abazimu b’iwabo atwika”

Mu gitondo kuri uyu wa Kabiri, mu Karere ka Nyarugenge habereye inkuru isa ukwayo, umugabo witwa Habumukiza Martin bamutesheje agerereye…

Urukiko rwanzuye ko rwiyemezamirimo Dubai afungwa by’agateganyo

Urukiko rw’Ibanze rwa Gasabo rwategetse ko rwiyemezamirimo Nsabimana Jean uzwi nka Dubai n’abo bareganwa bafungwa iminsi 30 by’agateganyo, urubunza rwabo…

UPDATE: RIB ifunze umugabo n’uwamutumye kumwicira abantu

Urwego rw'Igihugu rw'Ubugenzacyaha, RIB rwatangaje ko rwafunze abantu babiri bafitanye isano n'ubwicanyi bwabereye mu Karere ka Gisagara, mu cyumweru gishize. …

Urukiko rwemeje ko Turahirwa Moses afungwa by’agateganyo

Umuhanga mu guhanga imideri wanashinze inzu y’imideri izwi nka Moshions ukurikiranyweho ibyaha birimo gukoresha ibiyobyabwenge, yafatiwe icyemezo cyo gufungwa by’agateganyo…