Abagore bafite ubumuga baracyahezwa ku isoko ry’umurimo
Umuryango VSO Rwanda “Twigire mu mikino” wasabye ko hakurwaho imbogamizi zikibangamiye abagore bafite ubumuga, usaba ko hakongerwa ubuvugizi ku kato bahabwa cyane mu itangwa ry’akazi no mu kubona serivisi, hagamijwe kugera ku iterambere ridaheza. Ibi byagarutsweho kuri uyu wa Kane, tariki 14 Werurwe 2025, ubwo Umuryango VSO Rwanda “Twigire mu mikino” wifatanyaga n’abagore bafite ubumuga […]