NDEKEZI Johnson

978 Articles

Umunyamakuru Abdul Nyirimana yarongoye inkumi y’ikizubazuba- AMAFOTO

Umunyamakuru wa Radio/TV Izuba Abdul Nyirimana yakoze ubukwe na Uwamariya Francine Fadia Cadette bamaranye imyaka ibiri mu munyenga w'urukundo. Ni…

Urakizwa ugakomeza kuba ‘Cool’! Mbonyi yakebuye abapimira agakiza ku myambarire

Umuramyi Israel Mbonyi waraye ukoze igitaramo cy’amateka muri BK Arena, akanahembura imitima y’imbaga nyamwishi yari yitabiriye, yahishuye ko gukwizwa atari…

Israel Mbonyi yahembuye benshi mu gitaramo cy’akataraboneka – AMAFOTO

Umuramyi Israel Mbonyi yasigiye ibyishimo ibihumbi by’abitabiriye igitaramo gikomeye yakoreye muri BK ARENA kuri uyu wa 25 Ukuboza 2022. Ni…

M23 yavuye i Kibumba yifuriza abaturage iminsi mikuru myiza -AMAFOTO

Umutwe wa M23 wemeye kuva ku neza mu gace ka Kibumba wari warikukanyemo ingabo za Leta ya Congo, wifuriza abaturage…

Ibyahishwe kuri kidobya zatumye Diamond ataza guceza i Kigali

Igitaramo umuhanzi Diamond Platnumz yari afite i Kigali, cyasubitswe by’igitaraganya nyuma y’uko yanze kucyitabira kubera ko atahawe amafaranga yose yari…

Kayonza: Bahize kuba ipfundo rya serivise inoze mu mahoteli n’ubukerarugendo

Kuri uyu wa gatatu mu karere ka Kayonza , murenge wa Rwinkwavu abanyeshuri 20 barangije amasomo ajyanye n’amahoteli n’ubukerarugendo ,bahize…

Ibirori byo gutanga ibihembo bya ‘Karisimbi Ent Awards’ byimuwe

Ubuyobozi bwa bwa Karisimbi Events bwatangaje ko ibirori byo gutanga ibihembo bya Karisimbi Entertainment Awards 2022 byimuriwe amatariki n'aho bizabera.…

Burundi: Iyahigaga yahiye ijanja! Gen Bunyoni mu marembo ya gereza

General Alain Guillaume Bunyoni wavuzwe kenshi mu byegeranyo mpuzamahanga mu bikorwa bijyanye na ruswa no gutoteza abatavuga rumwe n'ubutegetsi bw'u…

Urukiko rwasabwe gutumiza Gen Rwarakabije mu rubanza rw’abahoze muri FDLR

Umunyamategeko w'unganira Lt.Col Mpakaniye Emelien, Lt.Col HABIMANA Emmanuel na Brigadier Gen Léopord Mujyambere yasabye Urukiko ko abatangabuhamya barimo Gen Rwarakabije…

Bwiza utamaze igihe mu muziki agiye gutaramira i Burayi

Bwiza uri mu bahanzikazi basoje umwaka wa 2022 ahagaze neza mu muziki w’u Rwanda, byemejwe ko mu ntangiriro za 2023…