TUYISHIMIRE RAYMOND

927 Articles

Gicumbi: Inkuba yakubise abantu barindwi,umwe arapfa

Mu Karere ka Gicumbi mu Murenge wa Kaniga, inkuba yakubise abantu barindwi, umwe ahita ahasiga ubuzima. Byabaye ku mugoroba wo…

Minisitiri w’Ingabo yakiriye Ambasaderi wa Israël mu Rwanda-AMAFOTO

Kuri uyu wa Gatatu tariki ya 27 Nzeri 2023, Minisitiri w’Ingabo,Juvenal Marizamunda, ari kumwe n’Umugaba Mukuru w’Ingabo z’u Rwanda, Lt…

Babiri batawe muri yombi bakekwaho kwiba abanyeshuri ba INES-Ruhengeri

Abantu babiri batawe muri yombi  bakekwaho kwiba ibikoresho  by’Abanyeshuri bo muri Kaminuza ya INES-Ruhengeri, bakomoka muri Repubulika Iharanira Demokarasi ya…

Iraq: Abantu barenga 100 bapfiriye mu muriro wadutse mu bukwe

Abantu barenga 100 bapfuye naho abandi 150 barakomereka nyuma yuko inkongi y'umuriro yadutse mu bukwe mu majyaruguru ya Iraq. Abantu…

PAC yasabye MININFRA guhagarika umushinga wa Biogaz

Komisiyo y'umutwe w'Abadepite ishinzwe gukurikirana imikoreshereze y'imari n'umutungo by'igihugu, PAC yagiriye inama Minisiteri y’Ibikorwa remezo kureka gukomeza gushyira mu bikorwa…

RIB yegereje abatuye ibice by’icyaro serivisi za Isange One stop Center

Muhanga: Urwego rw'Igihugu rw'ubugenzacyaha,RIB,rwegereje abatuye mu Mirenge y'icyaro serivisi ifasha abahohotewe kubona ubuvuzi, ubutabera n'ubufasha kw’ihungabana. Abagerejwe Serivisi ya Isange…

Umuhanda Kigali-Rwamagana  nturi nyabagendwa

Polisi y’Igihugu yatangaje ko umuhanda Kigali-Rwamagana  ufunze kubera impanuka. Polisi y’uRwanda ivuga ko mu gitondo cyo kuri uyu wa kabiri…

Umwuzukuru wa Nelson Mandela Yapfuye

Umwuzukuru wa Nelson Mandela , Zoleka Mandela yapfuye ku myaka 43. Uyu mubyeyi  w'abana batandatu yapfuye mu ijoro ryo kuri…

Ndayishimiye yateye utwatsi ibya Coup d’Eta ivugwa mu Burundi

Perezida Evariste Ndayishimiye w’Uburundi yatangaje ko  nta gahunda yo kumuhirika ku butegetsi ihari nk’uko byari byasakaye ku mbuga nkoranyambaga. Umukuru…

Umujyi wa Kigali wasobanuye impamvu yo guca ‘Tents’

Umujyi wa Kigali wasobanuye  impamvu yo guhagarika ikorereshwa ry’amahema atujuje ibisabwa aberamo ibirori,uvuga ko bigamije gusaba abayafite  gukurikiza igishushanyombonera cy'Umujyi…