Polisi y’Igihugu yatangaje ko igiye gushyira ibyapa biranga ahari Camera zo mu muhanda mu rwego rwo gukuraho urujijo. Ibi byatangajwe…
Umuryango 1000 hills event ufatanyije n’Ihuriro ry'Imiryango y'abafite ubumuga mu Rwanda (NUDOR),yateguye igikorwa cyo gushimira abagira uruhare mu iterambere ry’abafite…
Guverinoma yashyizeho ingamba z'agateganyo zo gutwara abagenzi mu buryo bwa rusange. Mu itangazo rya Minisiteri y’Ibikorwaremezo yasohoye kuri uyu wa…
Senateri wa Leta ya North Dakota, Doug Lasern n'umugore we n'abana babo babiri baguye mu ihanuka ry'indege ryabereye muri leta…
Kuri uyu wa kabiri tariki ya 3 Ukwakira 2023 ibiciro by’ibikomoka kuri peteroli mu Rwanda byazamutse, aho lisansi yavuye ku…
Umusirikare wa DR Congo w’ipeti rya Colonel yakatiwe urwo gupfa n’urukiko rwa gisirikare rw’Intara ya Kivu ya Ruguru. Uru rukiko …
Abaturage bari bamaze igihe kinini basiragira ku zuba n' imvura bajya kwaka serivisi ku muyobozi w'Umudugudu, bishatsemo ubushobozi biyubakira ibiro…
Mu ijoro ryakeye, mu Karere ka Bugesera, Umurenge wa Ntarama, Polisi yarashe Nsengimana Vincent w’imyaka 27 wakekwagaho kwangiza ibikorwa remezo…
Umugore n’umugabo bari batuye mu Kagari ka Gasharu mu Murenge wa Kinyinya mu Karere ka Gasabo,ku wa mbere tariki ya…
Minisitiri w'Intebe, Dr Edouard Ngirente ari i Doha muri Qatar aho yagiye guhagararira Perezida Paul Kagame mu imurika mpuzamahanga ry'ubuhinzi…
Sign in to your account