TUYISHIMIRE RAYMOND

1046 Articles

Iminyorogoto ni ifumbire n’umuti wica udukoko twangiza ibihingwa

Abashakashatsi mu buhinzi babwiye UMUSEKE ko iminyorogoto igira uruhare rukomeye mu gutuma ifumbire  y’imborera imera neza ndetse ishobora gukora ifumbire…

Perezida wa Malawi n’abagize guverinoma baretse ingendo zo mu mahanga

Perezida wa Malawi, Lazarus Chakwela yakuyeho ingendo zo mu mahanga ku bagize Guverinoma, ndetse na we ubwe , anategeka ba Minisitiri …

Kohereza abimukira mu Rwanda byajemo kidobya, Guverinoma iti “bashingiye ku binyoma”

Guverinoma y’u Rwanda yatangaje ko ibyo Urukiko rw’Ikirenga mu Bwongereza rwashingiyeho rwanga ko abimukira binjiye muri iki gihugu binyuranyije n’amategeko…

Inyeshyamba za M23 zongeye gafata agace ka Kishishe kahozemo FDLR

Umutwe wa M23 uhanganye bikomeye n’ingabo za Congo,FARDC n’indi mitwe bafatanya, Ku wa kabiri tariki ya 14 Ugushyingo 2023,wigaruriye agace…

Perezida Kagame yasabye abacamanza kwirinda ubusumbane batanga ubutabera

Perezida Kagame yasabye abakora mu rwego rw’ubutabera kwirinda ubusumbane, abibutsa ko abantu bose bareshya imbere y’amategeko. Ni ubutumwa yageneye abari…

Ibitaro bya Nyarugenge byavuze ku musekirite wagiye mu mitsi n’umurwaza

Ibitaro bya Nyarugenge byatangaje ko hatangiye iperereza nyuma y'aho habaye gushyamirana hagati y’umurwaza n’ushinzwe umutekano kuri byo Bitaro. UMUSEKE wamenye…

Goma yongeye gucana  nyuma y’iminsi 5 iri  mu icuraburindi

Ikigo cya Virunga Energies gisanzwe gikwirakwiza umuriro mu mujyi wa Goma no mu nkengero zayo cyatangaje ko kuri ubu umujyi…

M23 yatabaje imiryango mpuzamahanga ku bwicanyi ishinja leta ya Congo

Umutwe wa M23 wasohoye itangazo  kuri uyu wa mbere tariki ya 13 Ugushyingo 2023, utabaza imiryango mpuzamahanga ,uvuga ko leta…

Ruhango: Urubyiruko rw’Abakorerabushake rurishimira kubaka igihugu

Urubyiruko rw'abakorerabushake bo mu karere ka Ruhango biyemeje gukomeza ubufatanye mu iterambere ry'abaturage aho bazakomeza gukora ibikorwa bitandukanye. Imyaka 10…

Abafite ubumuga bwo kutabona barasaba leta kubaka imihanda iborohereza

Abafite ubumuga bwo kutabona mu Rwanda, basabye leta gutekereza uko mu kubaka ibikorwaremezo birimo imihanda, bajaya babatekerezaho. Ni ubusabe batangaje ubwo…