Perezida Paul Kagame ku cyumweru tariki ya 19 Ugushyingo 2023, yakiriye mu biro bye Umuyobozi Mukuru ushinzwe ubutasi bwa Amerika,…
Mu Karere ka Musanze imodoka yo mu bwoko bwa Mitsubishi Fuso, yagwiriye inzu isenyuka igice kimwe, imodoka na yo irangirika.…
Byabereye mu Mudugudu wa Murehe, Akagari ka Miyove ho mu Murenge wa Miyove, kuri uyu wa 20 Ugushyingo 2023 mu…
Umuvugizi wa guverinoma, Yolande Makolo yatangaje ko hari kunozwa amaserano azatuma kohereza mu Rwanda abimukira basaba ubuhungiro mu Bwongereza byoroha,anenga…
Leta ya Afurika y'Epfo yasabye urukiko mpuzamahanga mpanabyaha (ICC/CPI) gusohora impapuro zo guta muri yombi Minisitiri w'Intebe wa Israel, Benjamin…
Mu Murenge wa Muhima, mu Karere ka Nyarugenge, abantu batandatu basizaga ikibanza cy’ahazubakwa inyubako, bagwiriwe n’umukingo, batatu bahasiga ubuzima. Ibi…
Dr Mbonimana Gamariel yavuze ko nyuma yaho avuye mu Nteko Ishingamategeko ku mwanya w’Ubudepite,yari agiye guterezwa cyamunara, bituma agurisha ibibanza…
Ikigo cy’Igihugu gishinzwe kugenzura ibiribwa n’imiti (Rwanda FDA) cyakuye ku isoko imiti gakondo harimo n’ivugwaho kongera akanyabugabo mu gikorwa cy’imibonano…
Visi Perezida wa Cuba, Salvador Valdes ari mu Rwanda, mu rugendo rw’akazi. Ni uruzinduko yatangiye muri Afurika ahereye muri Ghana,…
Umuhanzi w’Umurundi witwa Sam Overmix wamamaye mu ndirimbo ‘Kiradodora’ yamenyekanye mu myaka ishize yaba mu Rwanda n’i Burundi, yitabye Imana…
Sign in to your account