TUYISHIMIRE RAYMOND

926 Articles

Perezida Ndayishimiye yatanze ubutumwa nyuma y’imvura  yishe abantu 

 Perezida w'u Burundi Evariste Ndayishimiye yihanganishije imiryango yabuze abayo, nyuma yuko imvura nyinshi yaguye ku cyumweru yishe abantu nibura bane…

Gatsibo: Batunguwe no kubwirwa ko batuye mu manegeka

Abatuye mu Midugudu itanu igize  Akagari ka Kigabiro, Umurenge wa Remera ,Akarere ka Gatsibo ,bavuga ko batunguwe no kubwirwa ko…

Congo na Uganda basinye amasezerano avanaho viza ku baturage

Uganda na Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, bagiranye amasezerano ajyanye no koroshya ingendo,aho abaturage bazajya bajya  mu bihugu byombi bidasabye…

Gicumbi: Biyemeje kubakira imiryango isaga 70 ibayeho nabi

Mu Karere ka Gicumbi ,Umurenge wa Mutete, biyemeje kwishakamio ubushobozi, bakubakira  imiryango 71 itishoboye . Ni umwe mu myanzuro yafatiwe…

Abakozi babiri b’Akarere ka Ngoma batawe muri yombi

Urwego rw’Igihugu rw’Ubugenzacyaha,RIB  rwatangaje ko rwataye muri yombi Umunyamabanga Nshingwabikorwa w'Akarere ka Ngoma, Mutembe Tom,  n’ Umuyobozi ushinzwe ishami ry'ibikorwaremezo…

Hatanzwe Bisi 20 mu gukemura ikibazo cy’ingendo muri Kigali

Kuri uyu wa Gatanu tariki ya 13 Ukwakira 2023, Ikigo  Jali Investment Ltd ,Umujyi wa Kigali,Urwego Ngenzuramikorere,  berekanye bisi nshya…

Israel yahaye amasaha 24 abatuye Amajyaruguru ya Gaza kuba bahunze

Igisirikare cya Israel cyabwiye Umuryango w'Abibumbye ONU ko buri muntu wese uba mu majyaruguru y'agace ka Wadi Gaza akwiye kwimukira…

Abarimu bakosoye ibizamini bya Leta barishyuza Miliyari 5frw

Abarimu 14000 bakosoye ibizami bya leta mu mashuri abanza n’ayisumbuye mu mwaka ushize wa 2022-2023, barishyuza leta amafaraga agera kuri…

Abapolisi b’u Rwanda bari Centrafrique bambitswe imidari

Abapolisi b’u Rwanda 180 bari mu butumwa bw’Umuryango w’Abibumbye mu gihugu cya Repubulika ya Centrafrique , (MINUSCA), kuri uyu wa…

Nyamagabe: Akanyamuneza ku babitsaga muri Sacco yibwe asaga Miliyoni 100

Abanyamuryango ba Koperative Tubwambuke Nkomane SACCO mu Karere ka Nyamagabe, barishimira ko amafaranga bari  bibwe asaga Miliyoni 121 Frw bamaze…