Ibiro by’Umukuru w’Igihugu,Village Urugwiro bitangaza ko Perezida Paul Kagame ari i Riyadh muri Arabie Saoudite mu nama mpuzamahanga. Ni inama…
Inteko Rusange ya Sena n'iy'Umutwe w'Abadepite yafashe umwanzuro wo gusaba komisiyo y’Ububanyi n’Amahanga n’Ubutwererane n’umutekano mu mitwe yombi gusesengura raporo…
Sosiyete y’u Rwanda Ishinzwe Ingufu ,REG,yatangaje ko kugeza ubu ingo zifite amashanyarazi mu Rwanda zimaze kugera kuri miliyoni 2.5, zingana…
Inzego zishinzwe kuzimya ingongi y'umuriro zimaze umwanya ziri ku cyicaro gikuru cya ECOBANK, mu mujyi wa Kigali zizimya inkongi y'umuriro…
Umugabo uri mu kigero cy’imyaka 25 yagaragaye yishwe,bikekwa ko yatezwe n’abagizi ba nabi. Ibi byabaye mu ijoro ryo kuwa mbere…
Urubyiruko rugera kuri 76 rwo muri Nigeria rwatawe muri yombi n’abashinjzwe umutekano,rushinjwa gutegura ubukwe bw’abahuje ibitsina. Uru rubyiruko rwafashwe ku…
Minani Theogene w’Imyaka 48 wo mu karere ka Muhanga, arakekwaho kwica umugore we witwa Mujawamaliya Seraphine amukubise umuhini, na we…
Perezida wa Angola, João Lourenço, akaba n’umuhuza mu bibazo by’umutekano mu Burasirazuba bwa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo (RDC), yatangaje…
Umukozi w’Imana Joseph Harerimana uzwi nka Apotre Yongwe, bwa mbere yagejejwe imbere y’Urukiko aburane ifunga n’ifungurwa ry’agateganyo,ahakana ibyaha akurikiranyweho. Yageze…
IBitaro byita ku barwayi bo mu mutwe bya CARAES Ndera, bitangaza ko hari abarwayi bahamaze imyaka irenga 40,kubera kutamenya aho…
Sign in to your account