TUYISHIMIRE RAYMOND

925 Articles

Perezida Kagame yitabiriye inama muri Arabie Saoudite – AMAFOTO

Ibiro by’Umukuru w’Igihugu,Village Urugwiro bitangaza ko Perezida Paul Kagame ari i Riyadh muri Arabie Saoudite mu nama mpuzamahanga. Ni inama…

Inteko Ishingamategeko yasabye ko raporo ya HRW isesengurwa vuba na bwangu

Inteko Rusange ya Sena n'iy'Umutwe w'Abadepite yafashe umwanzuro wo gusaba komisiyo y’Ububanyi n’Amahanga n’Ubutwererane n’umutekano mu mitwe yombi gusesengura raporo…

Rwanda: Ingo zifite amashanyarazi zarenze Miliyoni ebyiri.

Sosiyete y’u Rwanda Ishinzwe Ingufu ,REG,yatangaje ko  kugeza ubu ingo zifite amashanyarazi  mu Rwanda zimaze kugera kuri miliyoni 2.5, zingana…

Umuriro wadutse mu nzu ya nyuma ECOBANK ikoreramo ku cyicaro gikuru

Inzego zishinzwe kuzimya ingongi y'umuriro zimaze umwanya ziri ku cyicaro gikuru cya ECOBANK, mu mujyi wa Kigali zizimya inkongi y'umuriro…

Gisozi: Umugabo yishwe n’abataramenyekana

Umugabo uri mu kigero cy’imyaka 25 yagaragaye yishwe,bikekwa ko yatezwe n’abagizi ba nabi. Ibi byabaye mu ijoro ryo kuwa mbere…

Leta ya Nigeria yafunze abagiye mu bukwe bw’abatinganyi

Urubyiruko rugera kuri 76 rwo  muri Nigeria rwatawe muri yombi n’abashinjzwe umutekano,rushinjwa gutegura ubukwe bw’abahuje ibitsina. Uru rubyiruko rwafashwe ku…

Muhanga: Yishe umugore, na we ariyahura

Minani Theogene w’Imyaka 48 wo mu karere ka Muhanga, arakekwaho kwica umugore we witwa Mujawamaliya Seraphine amukubise umuhini, na we…

Perezida João Lourenço  asanga ubuhuza bw’uRwanda na Congo buri mu marembera

Perezida wa Angola, João Lourenço, akaba n’umuhuza mu bibazo by’umutekano mu Burasirazuba bwa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo (RDC), yatangaje…

Apôtre Yongwe yitabye urukiko 

Umukozi w’Imana Joseph Harerimana uzwi nka Apotre Yongwe, bwa mbere yagejejwe imbere y’Urukiko aburane ifunga n’ifungurwa ry’agateganyo,ahakana ibyaha akurikiranyweho.  Yageze…

Kigali: Hari abarwariye mu Bitaro byo mu mutwe imyaka irenga 40

IBitaro byita ku barwayi bo mu mutwe bya CARAES Ndera, bitangaza ko hari abarwayi bahamaze imyaka irenga 40,kubera kutamenya aho…