TUYISHIMIRE RAYMOND

1046 Articles

EU yikuye mu ndorerezi z’amatora yo muri RDCongo

 Umuryango w'Ubumwe bw'Uburayi (UE/EU wamaze gutangaza ko wikuye mu ndorerezi z’amatora nkuko byari biteganyijwe kubera impamvu bita ko “ari iza…

Huye: Abajura bibye Kiliziya igikoresho kibikwamo ‘Ukarisitiya’

Abantu bataramenyekana bibye igikoresho kibikwamo ukarisitiya,Taberinakuro (tabernacle) yo muri Chappelle y’Ikigo cyita ku basheshe akanguhe gicungwa n’ababikira b’Abizeramariya i Tumba…

Antonio Guteres yashimye ubuhuza bwa Amerika hagati ya Congo n’u Rwanda

Umunyamabanga Mukuru wa ONU, António Guterres  ndetse Umuyobozi wa Komisiyo ya AU, Moussa Faki Mahamat, bashimye ubuhuza bwa Amerika ku makimbirane ari hagati…

Inama y’Abaminisitiri yashyizeho umuyobozi w’Ikigo cy’Igihugu cy’Ubutaka

Inama y’Abaminisitiri yateranye kuri uyu wa Gatatu tariki ya 29 Ugushyingo 2023, iyobowe na Minisitiri w’Intebe Dr Edouard Ngirente ,…

RDC: M23 yakozanyijeho n’Abacanshuro

Muri Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo kuri uyu wa Gatatu tariki ya 29 Ugushyingo 2023, M23 yarasanye n’abacanshuro bari ku…

Minisiteri y’Ubuzima yinjiye mu bibazo bivugwa mu bavuzi Gakondo

Minisiteri y’Ubuzima yasabye Ihuriro ry’abavuzi gakondo guhagarika ibarura n’itangwa ry’ibyemezo bikorwa n’ihuriro ryabo (AGA Network Rwanda). Hashize igihe muri iri…

Dr Ugirashebuja na IGP Namuhoranye bitabiriye inama yiga ku mutekano

Umuyobozi Mukuru wa Polisi y’u Rwanda (IGP) Felix Namuhoranye, ari kumwe n’izindi ntumwa z’u Rwanda ziyobowe na Minisitiri w’ubutabera akaba…

Visi Perezida wa Gambia ari mu Rwanda

Minisitiri w’Intebe Dr. Edouard Ngirente, kuri uyu wa Kabiri tariki 28 Ugushyingo yakiriye, Visi Perezida wa Gambia,  Muhamma B.S. Jallow,…

Shaggy yavuze ku mwihariko n’ubuhanga bwa Bruce Melodie

Bruce Melodie uherutse gukorana indirimbo n’umuhanzi Shaggy bise ’When she is around’ yavuze ko yishimye cyane nyuma yo guhura, Shaggy…

Guverinoma yatangaje amabwiriza mashya aca akajagari mu gutwara abantu

Minisiteri y'Ibikorwaremezo yashyizeho amabwiriza n'ingamba bivuguruye bijyanye no gutwara abantu n'ibintu mu buryo bwa rusange mu Mujyi wa Kigali. Ni…