TUYISHIMIRE RAYMOND

925 Articles

Menya Imirenge 4 yesheje umuhigo wo kugira amazi 100%

Imirenge ine (4) yo mu Karere ka Huye yamaze kwesa umuhigo wo kugira amazi 100%, bijyana n’intego leta yihaye yo…

Abadepite basabye ko imiryango ituriye ikimoteri cya Nduba yimurwa vuba

Inteko rusange y’Umutwe w’abadepite  yasabye ko imiryango 80 ituriye ikimoteri cya Nduba yimurwa mu buryo bwihuse kuko ubuzima bwabo buri…

Hamas iravugwaho gushimuta abanya-Tanzania babiri

Leta ya Israel yemeje imyirondoro y'Abanya-Tanzania babiri byemezwa ko bashimuswe n'umutwe w'intagondwa wa Hamas kuva ku itariki ya 7 Ukwakira…

U Rwanda rwabonye amafaranga yo kwagura Ibitaro bya Ruhengeri

U Rwanda n’u Bufaransa kuri uyu wa mbere tariki ya 30 Ukwakira 2023,bagiranye amasezerano y’ubufatanye agamije kwagura ibitaro bya Ruhengeri…

Dr Mbonimana agiye kumurika igitabo kivuga  ku businzi  bwamweguje mu Nteko  

Dr Gamariel Mbonimana weguye nk’Umudepite mu Nteko Ishinga Amategeko y’u Rwanda kubera ubusinzi, agiye kumurika igitabo gishishikarizaa urubyiruko kureka ibiyobyabwenge.…

Ntitwakwitana abavandimwe hanyuma duterane inkota mu mugongo – Tshisekedi avuga u Rwanda

Mu nama y’i Brazzaville yigaga ku kurengera ibidukikije by’umwihariko amashyamba yo mu kibaya cya Congo, Perezida Tshisekedi wa RDCongo yongeye kwikoma…

Adidibuza icyongereza! Niyitegeka w’imyaka 41 yigana n’umuhungu we

Niyitegeka Gildas w’imyaka 41 wo mu Karere ka Burera, yafashe icyemezo cyo gusubukura amasomo, ubu akaba yigana n’umuhungu we mu …

UPDATE: U Rwanda rwohereje Minisitiri Biruta mu nama irimo Perezida Tshisekedi

UPDATE: Minisitiri w'Ububanyi n'Amahanga w'u Rwanda, Dr Vincent Biruta ni we wahagarariye u Rwanda mu nama y'i Brazzaville yiga ku…

Urukiko rwanzuye ko Kazungu Denis afungwa indi minsi 30 i Mageragere

Urukiko rw’Ibanze rwa Kicukiro ku wa 27 Ukwakira 2023, rwafashe icyemezo cyo gufunga Kazungu Denis  indi minsi 30 muri igorero…

Akanyamuneza ni kose  ku banyenganda bafashijwe na NIRDA

Abafite inganda bafashijwe kubona inkunga yo kwiteza imbere n’ikigo cy’Igihugu cy’Ubushakashatsi n’Iterambere mu byerekeye inganda (NIRDA), barishimira ko bibutswe nyuma…