TUYISHIMIRE RAYMOND

1046 Articles

Ingabo z’u Burundi na Uganda zahawe igihe ntarengwa zikava muri Congo

Umutwe w'ingabo z'umuryango w'Afurika y'uburasirazuba zari zoherejwe muri Repubulika ya Demokarasi ya Congo (EACRF), uvuga ko ingabo z'u Burundi n'iza…

RAB yafashe ingamba zikakaye ku hibasiwe n’indwara y’uburenge

Kayonza: Ikigo gishinzwe Iterambere ry’Ubuhinzi n’Ubworozi, RAB, cyafashe ingamba zijyanye no kwirinda indwara y’uburenge yibasiye amatungo yo mu Mirenge igize…

RDC: Agace ka Mushaki i Masisi kafashwe na M23

Amakuru ava muri RD.Congo aremeza ko umutwe wa M23 wamaze gufata agace ka Mushaki, kari muri Teritwari ya Masisi, mu…

Urukiko rwanzuye ko umunyamakuru Nkundineza akomeza gufungwa

Urukiko Rwisumbuye rwa Nyarugenge rwategetse ko Umunyamakuru Nkundineza Jean  Paul akomeza gufungwa. . Nkundineza Jean  Paul akurikiranyweho ibyaha byo gutukanira…

Ruswa mu Rwanda yaragabanutse

Ubushakashatsi ku gipimo cya ruswa mu Rwanda bukorwa buri mwaka n’Umuryango Urwanya Ruswa n’Akarengane, Ishami ry’u Rwanda , Transparency International…

Nyuma y’amasezerano y’I Kigali, Ushinzwe abinjira n’abasohoka mu Bwongereza yeguye

Minisitiri w’abinjira n’abasohoka mu Bwongereza, Robert Jenrick yandikiye Minisitiri w’Intebe, Rishi Sunak, amumenyesha ko yeguye   kuko atemeranya n’umushinga mushya w’itegeko…

Perezida Kagame yitabiriye igitaramo Move Afrika , Kendrick Lamar atigisa BK Arena

Perezida Paul Kagame na Madamu Jeannette Kagame bitabiriye ndetse bifatanya n’abakunzi ba muzika mu gitaramo cya Move Afrika cyaririmbyemo umuraperi…

Kazungu Denis ukurikiranyweho kwica abantu 14  agiye kugaruka mu Rukiko

Kazungu Denis ukurikiranyweho kwica abantu 14, abataba mu cyobo cy’igikoni cy'inzu  yari acumbitsemo mu Busanza, agiye gutangira kuburana mu mizi.…

Amajyaruguru : Uturere 3 tugiye kubura umuriro

Sosiyete y’ u Rwanda ishinzwe ingufu, REG, yatangaje ko hagiye kuba ibura ry’amashanyarazi muri imwe mu Mirenge y’uturere twa Burera,…

RIB yafunze abayobozi ba koperative banyereje arenga Miliyoni 160Frw

Nyagatare: Urwego rw’Igihugu rw’Ubugenzacyaha,RIB, rwafunze Umuyobozi wa Koperative icuruza amata n’ibiyakomokaho , NDMC [Nyagatare Dairy Marketing Cooperative)  Hiralry Hodari ndetse…