TUYISHIMIRE RAYMOND

925 Articles

Dr Frank yatabarije itangazamakuru ryinjiriwe n’abashaka “Views”

Umuyobozi w’Ishyaka riharanira Demokarasi no kurengera Ibidukikije, akaba n’Umudepite mu nteko Ishingamategeko, Dr Habineza Frank yatangaje ko hifuzwa itangazamakuru rikora kinyamwuga,avuga…

UPDATE: Gahanga Ibisambo byakomerekeje abantu babiri

Umuvugizi wa Polisi mu Mujyi wa Kigali,Superintendent of Police (SP) ) Sylvestre Twajamahoro, yabwiye UMUSEKE ko umuntu umwe mu bakekwaho gukora ubugizi…

Dr Kayumba yakatiwe imyaka ibiri y’igifungo gisubitse

Urukiko Rukuru rwahamije Kayumba Christopher icyaha cy’ubwinjiracyaha mu mu gukoresha undi imibonano mpuzabitsina ku gahato, rumukatira gufungwa imyaka ibiri isubitse.…

Abajya gusengera kuri ’Ndabirambiwe’ ubuzima bwabo buri mu kaga

Musanze: Abaturiye umusozi w’amasengesho wo mu Murenge wa Muhoza, wo mu Karere ka Musanze wahawe izina rya ‘Ndabirambiwe’, bavuga ko…

Ubushinjacyaha bwasabiye umunyamakuru Nkundineza gufungwa by’agateganyo

Ubushinjacyaha bwasabiye umunyamakuru  Nkundineza Jean Paul gufungwa by’agateganyo ngo kuko ari bwo atatoroka ubutabera. Akurikiranyweho gutukana mu ruhame, guhohotera uwatanze…

Rwanda: Umutekano uri ku isonga mu byo abaturage bishimira

Urwego rw’umutekano n’ituze ry’abaturage byaje ku isonga mu byo abaturage bishimira. Ni ibyagaragajwe  mu bushakashatsi ngarukamwaka ku miyoborere bwakozwe n’Urwego…

Itorero Umuriro wa Pentekote ryafunzwe

Itorero Umuriro wa Pentekote ryafunzwe by’agateganyo nk’uko umuseke wabihamirijwe n’umwe mu bayoboke. Amakuru UMUSEKE wamenye ni uko iri torero rimaze…

Rwamagana: Batatu bakurikiranyweho kubaga no gucuruza inyama z’imbwa

Abagabo batatu bo mu Murenge wa Muyumbu, mu Karere ka Rwamagana, batawe muri yombi bakuriranyweho kubaga inyama z’imbwa ,bakazicuruza abaturage.…

Gen (Rtd) James Kabarebe yaganiriye na Ambasaderi wa Amerika mu Rwanda

Umunyamabanga wa Leta ushinzwe Ubutwererane bw’Akarere muri Minisiteri y’Ububanyi n’Amahanga, Gen (Rtd) James Kabarebe, yakiriye ambasaderi wa Amerika mu Rwanda,…

Abavandimwe Babiri bakurikiranyweho gutema urinda Pariki ya Nyungwe

Nyamasheke: Abasore babiri  bavukana, bo mu Karere ka Nyamasheke, batawe muri yombi bakurikiranyweho gutema umurinzi wa Pariki y’Igihugu ya Nyungwe…