TUYISHIMIRE RAYMOND

1046 Articles

Ibyo gushyirwaho na Gatabazi,dosiye y’imicanga, Murekatete wayoboye Rutsiro yiniguye

Ikiganiro gishishikariza abantu gutaha cyatumye agirwa igicibwa Guhimba inkuru zimuvuga byari bigamije kumubambisha Murekatete Triphose waabaye  umuyobozi w’Akarere ka Rutsiro…

Nyamagabe: Njyanama yemeje ubwegure bw’Umunyamabanga Nshingwabikorwa

Inama Njyanama y’Akarere ka Nyamagabe, yemeye ubwegure bw’ Umunyamabanga Nshingwabikorwa w'Akarere Bwana Alfred Ngarambe. Ubwegure bwe bwemejwe mu nama idasanzwe…

U Bwongereza: Umwimukira yiyahuye

Umwimukira wari ufungiye muri kontineri iri hejuru y’amazi y’ahitwa Bibby Stockholm, mu Bwongereza yiyahuye. Polisi yavuze ko iperereza kuri urwo…

Inteko y’u Bwongereza yemeje ko mu Rwanda hatekanye

Abagize Inteko Ishinga Amategeko y’u Bwongereza kuri uyu wa kabiri tariki ya 12 Ukuboza 2023,bashimangiye ko u Rwanda ari igihugu…

Minisitiri w’Intebe yakiriye indahiro z’abashinjacyaha ba gisirikare

Minisitiri w’Intebe Dr. Ngirente yakiriye indahiro z'abashinjacyaha ba gisirikare  bane (4) . Aba bashinjacyaha barahiye kuri uyu wa kabiri tariki…

U Rwanda ruvuga ko Tshisekedi afite indimi ebyiri mu guhosha imirwano muri Congo

Umuvugizi Wungirije wa Guverinoma y’u Rwanda, Alain Mukuralinda yatangaje ko Perezida wa RD.Congo agaragaza indimi ebyiri mu gutuma imirwano muri…

Afurika y’Epfo: Umuhanzi  Zahara wari icyamamare yapfuye

Umuhanzi wo muri Afurika y’Epfo wari ukunzwe n’abatari bake, Bulelwa Mkutukana uzwi cyane ku izina ry'ubuhanzi  nka Zahara, yitabye Imana…

RDC: Hari agahenge k’imirwano hagati ya M23 na FARDC

Leta Zunze Ubumwe za Amerika zatangaje ko impande zihanganye muri Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo zemeye gutanga agahenge k’amasaha 72.…

Masaka: Abaturage bariye ‘Karungu’ kubera mugenzi wabo waburiwe irengero

Abaturage bo mu Murenge wa Masaka,Akagari ka Ruseheshe , bababajwe n’ibura bita ko ridasobanutse ry’uwari ushinzwe irondo  mu Mudugudu .…

Byavuye mu iyerekwa! Inkomoko ya Grace Room Ministries yatangijwe na Pasiteri Kabanda

Imyaka itanu irashize Pasiteri Julienne Kabanda atangije umuryango’ Grace Room Minisitries. Ni imyaka yabayemo ububyutse , ivugabutumwa n’ibindi bituma abantu…