TUYISHIMIRE RAYMOND

1045 Articles

U Rwanda na Bénin byaganiriye ku buryo bwo kongera imbaraga mu bufatanye

Minisitiri w’Ububanyi n’Amahanga n’Ubutwererane, Olivier Nduhungirehe, yaganiriye na mugenzi we wa Bénin, Corinne Amori Brunet. Ni ibiganiro byabereye  i Paris…

Rwanda – Umugabo arakekwaho gusambanya umwana we

Umugabo wo mu karere ka Rwamagana yatawe muri yombi akekwaho gusambanya umwana we w’imyaka ine, umushinja ko yamushukishije isambusa. Ibi…

Itorero Indatirwabahizi ryatanze ibyishimo  muri Kigali Dutarame

Itorero Indatirwabahizi ryasusurukije mu muco Nyarwanda abatuye  Umujyi wa Kigali mu gitaramo ngaruka kwezi  kigamije gutanga ibyishimo ku bayitembera.  Iki…

Bugesera: Meya Mutabazi yibukije ko umuturage akwiye ijambo mu bimukorerwa

Umuyobozi w’Akarere ka Bugesera, Mutabazi Richard, yibukije abafatanyabikorwa b’ako karere ko bakwiye guha ijambo no gusobanurira umuturage ibimukorerwa. Ni ubutumwa…

RDC yareze u Rwanda mu Rukiko rwa ICJ

Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo , ku wa Gatanu tariki ya 26 Kamena 2026, yatanze ikirego mu Rukiko Mpuzamahanga rw’Ubutabera…

Amerika yashinje byeruye  ibigo by’u Rwanda kwiba amabuye ya Congo

Leta Zunze Ubumwe za Amerika, Tariki ya 25 Kamena 2026,  zatangaje ko zafatiye ibihano ibigo bine byo mu Rwanda bicukura…

Bugesera: JADF buri mwaka itanga miliyari 6 Frw zo guhindura imibereho y’umuturage

Ihuriro ry’abafatanyabikorwa b’Akarere ka Bugesera,  JADF,ritanga umusanzu wa miliyari 6 Frw  buri mwaka, hagamijwe kwihutisha  iterambere ry’ako karere n’imibereho y’umuturage.…

Ndayishimiye yafashe mu mugongo Venezuela yibasiwe n’umutingito

Perezida w'u Burundi, Évariste Ndayishimiye,akaba n’ Umuyobozi mukuru w'Umuryango wa Afurika Yunze Ubumwe (African Union - AU), yihanganishije Abanya-venezuela bibasiwe…

PAC igiye kubaza ibigo bya Leta uko byakoresheje umutungo

Komisiyo Ishinzwe Gukurikirana Imikoreshereze y’Imari n’Umutungo bya Leta (PAC), igiye gutangira kubariza mu mu ruhame inzego n’ibigo 76 bizatanga ibisobanuro…

Umusore ukekwaho gusambanya Shaddy Boo yatawe muri yombi

Urwego rw’Igihugu rw’Ubugenzacyaha, RIB, rwataye muri yombi Iradukunda Aimable uzwi nka Yugi Umukaraza, akurikiranyweho gusambanya ku gahato Mbabazi Shadia wamamaye…