Dosiye ya CG (rtd) Emmanuel Gasana wahoze ari Guverineri w’Intara y’Iburasirazuba yamaze gushyikirizwa Ubushinjacyaha nkuko bwabitangaje. Umuvugizi w’Ubushinjacyaha, Nkusi Faustin…
Umunyamabanga wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika Ushinzwe Ububanyi n’Amahanga, Antony Blinken, yagiranye ikiganiro kuri telefoni na Perezida Paul Kagame…
Tchad yatangaje ko yahamagaje igitaraganya uyihagarariye (Chargé d’Affaires) muri Israel kubera impamvu z' ibikorwa by’urugomo bikomeje kubera muri Gaza. Mu…
Impunzi ziri mu nkambi ya Mahama, mu Karere ka Kirehe, zivuga ko zitazi icyerekezo cy’imibereho yazo nyuma yaho inkunga zari…
Mu Murenge wa Jali mu Karere ka Gasabo haravugwa urupfu rw’umusore witwa Bagezigihe Claude w’imyaka 30 yasanzwe mu nzu yibanagamo…
Abahagarariye ibigo by'amashuri ari mu karere ka Gicumbi, abashinzwe uburezi ku rwego rw' imirenge, n' abahagarariye abafite ubumuga mu karere …
Urwego rw'Ubugenzacyaha,RIB, rwashyikirije inzego z'umutekano z'u Burundi, Umurundi ukurikiranyweho kwiba arenga miliyoni 29 FBU. Bukeyeneza Jolis w’imyaka 30 akekwaho kwiba…
Perezida Paul Kagame yatangaje ko u Rwanda rwakuriyeho viza ku banyafurika bose binjira mu gihugu. Yabitangaje ku wa kane tariki…
U Rwanda na Venezuela byashyize umukono ku masezerano y’ubufatanye ajyanye no gukuraho Viza z'abadiplomate ndetse n’iz'abakozi ba Leta. Gushyira umukono…
Perezida wa Repubulika, Paul Kagame kuri uyu wa Kane tariki ya 2 Ugushyingo 2023, yagiranye ibiganiro na mugenzi we wa…
Sign in to your account