TUYISHIMIRE RAYMOND

926 Articles

Kigali: Hari abarwariye mu Bitaro byo mu mutwe imyaka irenga 40

IBitaro byita ku barwayi bo mu mutwe bya CARAES Ndera, bitangaza ko hari abarwayi bahamaze imyaka irenga 40,kubera kutamenya aho…

Uwibye Banki y’U Burundi yashatse kwiyahurira mu Rwanda

Umurundi w’imyaka 30 witwa Bukeyeneza Jolis ukurikiranyweho kwiba arenga miliyoni 29 FBU, muri Banki y’Ubucuruzi y’i Bujumbura agatorokera  mu Rwanda,…

RIB yafatiye mu cyuho umukozi  wa leta yakira ruswa ya Miliyoni 25frw 

Urwego rw’Ubugenzacyaha,RIB rwatangaje ko rwataye muri yombi , umukozi ushinzwe ubugenzuzi bw’ubuziranenge bw’inganda mu Kigo cy’Igihugu gitsura Ubuziranenge (Rwanda Standards,…

Gicumbi: Babiri batawe muri yombi bakurikiranyweho kwiba insinga z’amashanyarazi

Polisi y’u Rwanda ikorera mu Karere ka Gicumbi, ku bufatanye n’ubuyobozi bw’inzego z’ibanze n’abaturage, yafashe abantu babiri bakekekwaho kwiba insinga…

Tchad : Abatavuga rumwe na Leta  bashinje Tshisekedi kugira indimi ebyiri

Imiryango itegamiye kuri Leta n’amashyaka atavuga rumwe na Leta muri Tchad, yatangaje ko yifuza ko Perezida wa Repubulika Iharanira Demokarasi…

Gen Nguema yigomwe umushahara wa Perezida

Perezida wa Gabon Gen Brice Clotaire Oligui Nguem yatangaje ko agiye kwigomwa umushahara we ariko agahabwa uw’umugaba mukuru w’Ingabo. Yabaye…

Polisi yafashe umusore ukekwaho gutobora inzu akiba abaturage

Polisi y’u Rwanda ikorera  mu Karere ka Ngoma, yataye muri yombi  umusore w’imyaka 20 nyuma yo kumukekaho kwiba televiziyo, igare…

Uganda: Ibyihebe bya ADF byishe batatu barimo abakerarugendo

Polisi ya Uganda ,yatangaje ko inyeshyamba za ADF zagabye igitero cy’iterabwoba muri Uganda, zica abakerarugendo babiri n’umunya-Uganda umwe. Kuri X…

Musanze: Umuyobozi afungiye gutesha agaciro urwibutso rwa Jenoside

Umukozi w’Akarere ka Musanze, ushinzwe kubika ibikoresho (Logistic Officer),Ntibansekeye Léodomir, afunzwe akekwaho icyaha cyo gutesha agaciro Urwibutso rwa Jenoside yakorewe…

Perezida Kagame yagaragaje uko COVID-19 yihutishije gukoresha ikoranabuhanga

Perezida wa Republika Paul Kagame, yagaragaje uko icyorezo cya COVID-19 cyagize uruhare mu kwihutisha gukoresha ikoranabuhanga mu nzego zitandukanye. Ibi…