Browsing author

NSHIMIYIMANA THEOGENE

Urubanza rw’umukire uregwa kwigwizaho imitungo rwasubitswe

Urubanza rw’umukire uregwa kwigwizaho imitungo rwasubitswe

Urukiko Rwisumbuye rwa Huye rwasubitse isomwa ry’urubanza rw’umukire witwa Niyitegeka Eliezer wo mu karere ka Nyanza ukekwaho icyaha cy’iyezandonke, kunyereza imisoro n’ibindi. Byari biteganyijwe ko icyemezo cyajuririwe n’ubushinjacyaha cyafunguye by’agateganyo Umukire Eliezer gisomwa. Amakuru UMUSEKE wamenye avuga ko urukiko rwisumbuye rwa Huye rushingiye ko dosiye ya Eliezer Niyitegeka ari ndende ariyo mpamvu rwafashe icyemezo cyo […]

Ruhango: Abahuguwe ku kubungabunga ibidukikije batahanye umukoro

Ruhango: Abahuguwe ku kubungabunga ibidukikije batahanye umukoro

Ubuyobozi bw’Akarere ka Ruhango bwasabye abaturage bahabwa ubufasha n’amahugurwa kujya babibyaza umusaruro kandi bakibuka no kubitoza abandi kugira ngo hatagira usigara inyuma mu iterambere. Mu rwego rwo guhangana n’ingaruka ziterwa n’ihindagurika ry’ikirere Leta y’u Rwanda ikomeje gukaza ingamba zo kubungabunga ibidukikije ku bufatanye n’abaturage ndetse n’abafatanyabikorwa. Ni muri urwo rwego, mu Murenge wa Byimana mu […]

Byari amagasa ! Umusore wahamijwe gusambanya umwana – yasabye kurekurwa “ngo yabikoze n’umuntu mukuru”

Byari amagasa ! Umusore wahamijwe gusambanya umwana – yasabye kurekurwa “ngo yabikoze n’umuntu mukuru”

Urukiko Rwisumbuye rwa Huye rwahamije umusore icyaha cyo gusambanya umwana akatirwa igihano cy’igifungo cy’imyaka 20, none kuri ubu arasaba kugirwa umwere kuko avuga ko yasambanye n’umuntu mukuru. Uriya musore wahamijwe icyaha yitwa Ugiyecyera Bernard aho yafunzwe afite imyaka 20. Yajuririye igihano yahawe mu rukiko rukuru urugereko rwa Nyanza. Mu rukiko ari kuburana ubujurire, Bernard yaranzwe […]

Urubanza rwa Muhizi  wamenyekanye arega BNR kuri Perezida Kagame rwasubitswe ku nshuro ya Gatatu

Me(Maître) Katisiga Rusobanuka Emile ureganwa na Muhizi Anathole wamenyekanye arega Banki Nkuru y’u Rwanda (BNR) kuri Perezida Paul Kagame yihannye umucamanza wari ugiye kumuburanisha, urubanza rurasubikwa. Abaregwa bose ndetse n’ubushinjacyaha bari bitabiriye iburanisha mu Rukiko rukuru urugereko rwa Nyanza aho bajuririye igihano bakatiwe. Anathole Muhizi yagaragaje imbogamizi ko urubanza rwe ruhabwa abacamanza batandukanye maze hakabaho […]

Nyanza: Umuyobozi w’ishuri yahagaritswe mu kazi azira inyerezwa ry’ibiryo

Ubuyobozi bw’Akarere ka Nyanza buratangaza ko bwahannye umuyobozi wa E.S Kibirizi akekwaho kubura ibiryo by’abanyeshuri. Amakuru UMUSEKE wamenye ni uko umuyobozi w’ishuri rya E.S Kibirizi riri mu Murenge wa Kibirizi mu karere ka Nyanza witwa Munyaneza Lambert yahanwe amezi atatu adahembwa atanakora. Abahaye amakuru UMUSEKE bavuze ko ubuyobozi bw’Akarere ka Nyanza bwakoze ubugenzuzi busanga hari […]

Nyanza: Umwarimu akurikirwanyweho gusambanya umunyeshuri

Umwarimu witwa Hubert Nsekanabo w’imyaka 38 wigisha mu mashuri abanza mu Karere ka Nyanza yatawe muri yombi akekwaho gusambanya umunyeshuri w’imyaka 16wigaga ku ishuri yigishaho. Mwarimu Nsekanabo yigishaga mu mashuri abanza kuri G.S Ruyenzi riherereye mu murenge wa Ntyazo mu karere ka Nyanza. Abahaye amakuru UMUSEKE bavuze ko mwarimu bikekwa ko yasambanyije uriya mwana mu […]

Ubushinjacyaha bwasabye ko gitifu na DASSO baregwa gukubita umuturage batakurikiranwa 

Ubushinjacyaha  bwasabye ko Umunyamabanga Nshingwabikorwa w’Umurenge wa Kibirizi na ba DASSO bareganwa  gukubita umuturage, batakomeza gukurikiranwa n’amategeko nubwo badafunze. Abari mu nkiko ni umunyamabanga Nshingwabikorwa w’Umurenge wa Kibirizi mu karere ka Nyanza witwa Murenzi Valens , Umuhuzabikorwa  wa DASSO mu Murenge wa Kibirizi witwa Adiel Murigo, na DASSO witwa Rusumbahizi Celestin mu Murenge wa Kibirizi. […]

Inzego zatangiye iperereza ku rupfu rw’umusore waviduraga ubwiherero ku ishuri rya Saint Peter Igihozo

Nyanza: Abantu babiri baguye mu cyobo cy’umusarani w’ishuri ubwo bariho bakora ikiraka cyo kuvidura imyanda umwe ahita ahasiga ubuzima. Mu gitondo cyo kuri uyu wa 11 Werurwe 2025 ku ishuri rya Saint Peter Igihozo riri mu murenge wa Busasamana mu karere ka Nyanza, habereye impanuka aho abaviduraga icyo cy’ubwiherero baguyemo umwe ahasiga ubuzima. Urwego rw’Ubugenzacyaha, […]

Abunganira uwahoze ari Gitifu barasaba ko Rtd Capt. Ntaganda akurikiranwa

Abunganira Bigwi Alain Lolain wahoze ari gitifu w’umurenge wa Mugombwa mu karere ka Gisagara, basabye urukiko ko uwamureze ariwe Rtd Captain Ntaganda Emmanuel yakurikiranwa kuko uwatanze ruswa n’uwayakiriye iyo babifatiwemo babiryozwa.   Kuri uyu wa 10 Werurwe 2025 mu Rukiko rwisumbuye rwa Huye hari uwahoze ari umunyamabanga nshingwabikorwa w’Umurenge wa Mugombwa mu karere ka Gisagara mu […]