Abakozi b’Ibitaro bya Nyanza n’ubuyobozi ntibahuza ku mafaranga yanyerejwe
Bamwe mu bakozi bo mu bitaro bya Nyanza basabwe kwishyura amafaranga y’agahimbazamushyi arenga miliyoni 20Frw, babwirwa ko ari umusoro witwa PBF, bo bavuga ko amakosa yakozwe n’ushinzwe abakozi muri icyo kigo. Mu mwaka wa 2022-203, nyuma y’ubugenzuzi bwakozwe n’Ibitaro by’Akarere nyuma yo kubigirwamo inama n’Umugenzuzi Mukuru w’Imari ya leta, yagaragaje ko umusoro wa ‘PAYE’/TPR utatanzwe […]