Amahanga

Minisitiri w’Intebe wa Israel yibasiye bikomeye Ebrahim Raisi uzayobora Iran

Minisitiri w’intebe wa Israel yavuze ko amahanga akwiye "gukanguka" nyuma y’itorwa ry’uzaba

OMS yatangaje ko icyorezo cya Ebola cyarangiye muri Guinea

Ishami ry'Umuryango w'Abibumbye ryita ku buzima OMS, ryatangaje ko indwara ya Ebola

Guverinoma ya Uganda yashyizeho Guma mu rugo

Guverinoma ya Uganda yashyizeho Guma mu Rugo nyuma y’ubwiyongere bw’ubwandu n’impfu za

Burundi: Perezida Ndayishimiye yavuze isengesho ryo Kwicuza ibyaha imbere y’abaturage

Ku munsi wo kwizihiza umwaka ushize Perezida Evariste Ndayishimiye abaye Umukuru w’Igihugu,

Iran yiteguye kuyoborwa na Perezida mushya witwa Ebrahim Raisi

Ebrahim Raisi w’imyaka 60, ni we usa n’uwamaze gusimbura Hassan Rouhani, azarahira

Antonio Guterres yatorewe kuyobora UN indi myaka 5

Umunyamabanga Mukuru w’Umuryango w’Abibumbye, Antonio Guterres yatorewe kuyobora uyu muryango mu gihe

Kim vs US: Twiteguye ibiganiro cyangwa guhangana na bo

Umuyobozi w’ikirenga wa Korea ya Ruguru, Kim Jong-un yavuze ko igihugu cye

Perezida wa mbere wa Zambia, Kenneth Kaunda yapfuye

Mzee Kenneth Kaunda waharaniye ubwigenge bwa Zambia ndetse akayibera Perezida wa mbere,

Umusesenguzi w’Umurusiya yabwiye Umuseke izingiro ry’inama ya Perezida Putin na Biden

Isi yose ihanze amaso imyanzuro iva mu nama ihuza Uburusiya na America,

AMAFOTO: Ihuro ni isango, Tshisekedi na Museveni bahuriye ku mupaka wa Mpondwe

Perezida wa Repubulika ya Demokarasi ya Congo, Félix Tshisekedi kuri uyu wa

Putin na Joe Biden imbona nkubone bari mu nama mu Busuwisi

Arinzwe cyane mu modoka ze zihenze Perezida Vladimir yageze mu Busuwisi aho

Mozambique yabajijwe irengero rya Cassien Ntamuhanga ushakishwa n’ubutabera bw’u Rwanda

Umuryango uharanira uburenganzira bw'ikiremwamuntu ku isi, Human Rights Watch, urasaba ubutegetsi bwa

Perezida Tshisekedi yageze i Beni, agace kashegeshwe n’ubwicanyi bukorwa n’inyeshyamba za ADF

Perezida wa Repubulika ya Demokarasi ya Congo, Antoine Felix Tshisekedi kuri uyu

Perezida Tshisekedi azahura na Museveni batangize ibikorwa byo kubaka imihanda ibahuza

Ibiganiro hagati ya Félix Tshisekadi na Yowri Museveni bizabera ahitwa Kasindi, muri

Tanzania: Yaciye amarenga ko igiye kwinjira mu bihugu bikoresha  Bitcoin

Perezida wa Tanzania, Mme Samia Suluhu Hassan, yasabye Banki Nkuru ya Tanzania