Amahanga

Byahinduye isura, M23 ikomeje kugaba ibitero simusiga kuri FARDC

Amakuru avuga ko gushyamirana hagati y’ingabo za Leta ndetse na M23, bikomeje

Intambara ikaze ishyamiranyije ingabo za Congo na M23, haravugwamo na FDLR

 Ingabo za Leta ya Congo (FRDC) ziri mu mirwano ikomeye n'inyeshyamba za

U Burundi butangaza ko buri mu biganiro na EU bitarimo igitutu n’iterabwoba

Ubumwe bw'Uburayi hamwe na Leta y'u Burundi batangije igice cya kane cy'ibiganiro

Nyuma y’umwaka Nyiragongo irutse, abaturage basabwe kugira ubwirinzi

Nyuma y'umwaka ikirunga cya Nyiragongo kirutse kikangiza byinshi mu Mujyi wa Goma

Perezida Félix Tshisekedi yakiranywe urugwiro i Bujumbura -AMAFOTO

Umukuru w'igihugu cya Repubulika ya Demokarasi ya Congo, Félix-Antoine Tshisekedi, yageze mu

Perezida Félix Tshisekedi agiye kugirira uruzinduko rw’iminsi itatu i Burundi

Perezida wa Repubulika ya Congo Félix-Antoine Tshisekedi Tshilombo, ategerejwe mu ruzinduko rw'akazi

Perezida Ndayishimiye arakangurira Abarundi kurya inyama z’ibifwera -Sobanukirwa iby’aka kaboga

Perezida w’Uburundi, Ndayishimiye Evariste aherutse kubwira Abarundi ko bataramenya ibanga n’ubwiza buhishwe

Perezida wa Leta zunze ubumwe z’Abarabu, Sheikh Khalifa yapfuye

Perezida wa Leta zunze ubumwe z’Abarabu, (Emirats arabes unis/ United Arab Emirates,

Indege ya sosiyete yo mu Bushinwa yafashwe n’inkongi yitegura kuguruka

Abagenzi 113 ni bo bari muri iyi ndege ndetse n’abakozi bayikoramo 9,

Umunyamakuru wa Al Jazeera yarashwe mu mutwe

Umunyamakurukazi witwa Shireen Abu Akleh, yari umwe mu bazwi kuri Al Jazeera,

Perezida Ndayishimiye asanga u Rwanda n’u Burundi bigomba kubana mu mahoro

Umukuru w’Igihugu mu Burundi yavuze ko bishoboka ko vuba umupaka umaze igihe

RDC: Inyeshyamba zishe abantu 35, Leta irashinjwa kugira intege nke

Igitero cy’inyeshyamba mu Burasirazuba bwa Congo cyaguyemo abantu 35, ndetse umuryango Conscience

Amasezerano yo kohereza abimukira mu Rwanda, António Guterres yagize icyo ayavugaho

Umunyamabanga Mukuru w’Umuryango w’’Abibumbye (UN), António Guterres yagaragaje ko adashyigikiye ko Ubwongereza

Uganda:  Ibitaro bya Mulago byatandukanyije abana 2, gusa ababyeyi babo bangiwe gutaha

Mu Ukuboza 2021 nibwo umugabo n’umugore bakomoka mu Karere ka Hoima babyaye

Perezida Ndayishimiye yashenguwe n’urupfu rw’abasirikare be bishwe na Al-Shabab

Perezida Evariste Ndayishimiye yatangaje ko Africa yatakaje "abahungu n'abakobwa ku rubuga rw'icyubahiro",