Amahanga

RDC/Ituri: Abantu bane batwikiwe mu modoka barapfa abandi barakomereka bikomeye

Abarwanyi bikekwa ko ari abo mu mutwe wa ADF ukomoka mu gihugu

Uganda: Abazunguzayi barafatwa bashinjwa kurenga ku mabwiriza yo kwirinda COVID-19

Perezida wa Uganda Yoweri Museveni yategetse abapolisi guta muri yombi abazunguzayi bose

Derek Chauvin wishe George Floyd yakatiwe igifungo cy’imyaka 22.5

Derek Chauvin yakatiwe igifungo cy'imyaka 22 n'igice ku cyaha cy'ubwicanyi yakoze ubwo

Perezida Buhari  ntakigiye kwivuriza mu Bwongereza

Perezida  wa Nigeria Muhammadu Buhari yasubitse urugendo yari afite mu Bwongereza aho

Isengesho Perezida Museveni yabwiye Imana ku isabukuru y’umugore we

Uyu munsi umugore wa Perezida Yoweri Museveni yujuje imyaka 73 y’amavuko, Perezida

RDC: Abanyamurenge bandikiye Perezida Tshisekedi bavuga akababaro bafite

Mu rwandiko bandikiye Perezida wa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo rugashyirwaho umukono 

Zambia: Umuyobozi wo ku rwego rwo hejuru yapfiriye mu ruzinduko rw’akazi mu Misiri

Umukuru w'Urwego rw'Ubucamanza rwa Zambia, Irene Chirwa Mambilima yapfiriye i Cairo mu

Minisitiri w’Intebe wa Israel yibasiye bikomeye Ebrahim Raisi uzayobora Iran

Minisitiri w’intebe wa Israel yavuze ko amahanga akwiye "gukanguka" nyuma y’itorwa ry’uzaba

OMS yatangaje ko icyorezo cya Ebola cyarangiye muri Guinea

Ishami ry'Umuryango w'Abibumbye ryita ku buzima OMS, ryatangaje ko indwara ya Ebola

Guverinoma ya Uganda yashyizeho Guma mu rugo

Guverinoma ya Uganda yashyizeho Guma mu Rugo nyuma y’ubwiyongere bw’ubwandu n’impfu za

Burundi: Perezida Ndayishimiye yavuze isengesho ryo Kwicuza ibyaha imbere y’abaturage

Ku munsi wo kwizihiza umwaka ushize Perezida Evariste Ndayishimiye abaye Umukuru w’Igihugu,

Iran yiteguye kuyoborwa na Perezida mushya witwa Ebrahim Raisi

Ebrahim Raisi w’imyaka 60, ni we usa n’uwamaze gusimbura Hassan Rouhani, azarahira

Antonio Guterres yatorewe kuyobora UN indi myaka 5

Umunyamabanga Mukuru w’Umuryango w’Abibumbye, Antonio Guterres yatorewe kuyobora uyu muryango mu gihe

Kim vs US: Twiteguye ibiganiro cyangwa guhangana na bo

Umuyobozi w’ikirenga wa Korea ya Ruguru, Kim Jong-un yavuze ko igihugu cye

Perezida wa mbere wa Zambia, Kenneth Kaunda yapfuye

Mzee Kenneth Kaunda waharaniye ubwigenge bwa Zambia ndetse akayibera Perezida wa mbere,